• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abayobozi ba RDC bagaragaje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.

minebwenews by minebwenews
November 8, 2024
in Regional Politics
1
Abayobozi ba RDC bagaragaje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abayobozi ba Kinshasa bagaraje icyabababaje ubwo minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda yageze i Goma.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Inteko inshinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarakariye Leta y’iki gihugu, kubera isaluti abasirikare ba FARDC bahaye minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe ubwo yageraga i Goma mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru ahagana ku wa kabiri tariki ya 05/11/2024, nibwo minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda yari i Goma, akaba yari yitabiriye ibikorwa byishirwaho rya komisiyo ihuriyemo RDC, u Rwanda na Angola ishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’imyanzuro ya Luanda.

Ubwo bwana Olivier Nduhungirehe yageraga i Goma yakiriwe na guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, major Gen Peter Cirumwami wari kumwe n’abarimo umukuru wa Polisi muri Kivu Yaruguru, ari nabwo bamutereye isaluti cyangwa kumuha icyubahiro cya gisirikare.

Ibi byatumye abadepite ba RDC ubwo bari bateranye ku wa kane bagiye impaka ku mushinga werekeye kongera ibihe bidasanzwe bya gisirikare mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, Vital Kamerhe uyoboye inteko ishinga mategeko ya Congo yavuze ko we na bagenzi be bababajwe n’icyubahiro Nduhungirehe yahawe.

Kamerhe yanahise asaba minisitiri w’ungirije w’ubutabera, Samuel Mbemba, kugeza kuri minisitiri w’intebe, Judith Suminwa uburakari bw’abagize inteko ishinga mategeko kubera ibyabaye.

Yagize ati: “Icya nyuma kireba minisitiri w’intebe, ni uburakari bwacu kuri minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda akigera i Goma. Si bibi kuko dushyigikiye amahoro, ariko kuba dushobora kumuha ibyubahiro byinshi, bigakorwa na guverineri wa gisirikare n’ukuriye Polisi mu ntara mbona bikomeye cyane, ndetse ntituzi ibyo turimo gukora.”

Kamerhe yavuze ko minisitiri w’intebe agomba kumenyeshwa ko ubutaha Nduhungirehe nasubira muri RDC adakwiye gutererwa isaluti ya gisirikare, ngo kuko n’abaminisitiri b’abanyekongo iyo bageze mu Rwanda badahabwa icyo cyubahiro.

Ati: “Mu mujyi wa Goma wahowe Imana, twakiriye minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda hanyuma guverineri wa gisirikare akaba ari we bishishikaza? Akabikora ari kumwe n’umuyobozi wa polisi mu ntara! Turabyanze, ubibwire madamu minisitiri w’intebe. Abadepite bose b’igihugu byabababaje.”

Tags: IsalutiNduhungirehe
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burusiya, yageneye ubutumwa Donald Trump agira nibyo asezeranya ku bihugu byombi.

Perezida w'u Burusiya, yageneye ubutumwa Donald Trump agira nibyo asezeranya ku bihugu byombi.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    priligy medication We also vacationed, taking a barge trip in the south of France as part of our October 2007 trip, spending a week with Eve s brother and his family on Edisto Island in South Carolina in January 2008, and spending several days at a chateau in the wine country as part of our trip to Bordeaux

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?