• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa icyatumye Tshisekedi yanga kwitaba inama ya EAC iyo bita idasanzwe.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2025
in Regional Politics
0
Haravugwa icyatumye Tshisekedi yanga kwitaba inama ya EAC iyo bita idasanzwe.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa icyatumye Tshisekedi yanga kwitaba inama ya EAC iyo bita idasanzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko perezida w’iki gihugu, Félix Tshisekedi atitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC), yiga kukibazo cy’umutekano muke uri mu Ntara ya Kivu Yaruguru muri Congo.

Ni nama iri buterane kuri uyu wa kabiri tariki ya 28/01/2025, aho yahamagajwe na perezida wa Kenya, William Ruto unayoboye uyu muryango wa Afrika y’iburasirazuba.

Perezida wa Kenya, yatumije iyi nama nyuma y’aho avuganye kuri telephone na perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame w’u Rwanda ku kibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Igitangaje perezida Félix Tshilombo ntari bwitabire iyi nama kandi iri bwige ku bibazo by’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC, nk’uko ibiro by’umukuru w’iki gihugu byatangaje.

Byagize biti: “Perezida Félix Tshisekedi ntiyitabira inama y’umuryango wa EAC.”

Amakuru yo ku ruhande avuga ko Leta ya Kinshasa inenga iyi nama ngo kuko M23 mu gufata umujyi wa Goma yafashijwe n’ingabo za Kenya na Uganda.

Umujyi wa Goma umutwe wa M23 wa wigaruriye mu gitondo cyo ku wa mbere, nk’uko umuvugizi w’uyu mutwe yabishize mu itangazo.

Binavugwa ko muri uyu mujyi urusaku rw’amasasu y’imbunda yagabunutse kuri uyu wa kabiri mu gihe ku wa mbere ho hiriwe rwinshi.

Tags: EACTshisekedi
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kagame yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Afrika y’Epfo ku ntambara ibera muri RDC.

Kagame yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Afrika y'Epfo ku ntambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?