Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, muri teritware ya Masisi, M23 y’igaruriye ibice birenga bitatu(3).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 04/10/2023, hongeye kubura imirwano hagati ya M23 n’imitwe ishigikiwe na Guverinoma ya Kinshasa. N’imirwano yabayemo n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), aho byavuzwe ko ziriya Ngabo za RDC zafashije iyi mitwe irimo Wazalendo, FDLR na Nyatura.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu Makuru Minembwe Capital News, yahawe n’uko iyi Mirwano yasize umutwe wa M23 ufashe ibice byinshi byo muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu. Nk’uko bigaragara aba basirikare bo muri M23 bafashe agace ka Nyamugori, Nyamigabe nagace ka Honore gaherereye mubirometre 8 na Centre ya Kitchanga.

Ikindi n’uko iy’imirwano yatumye abaturage benshi bahunga bava mubice bya Burungu aha herereye ibice byabereyemo intambara berekeza muri Bwiza nkuko aya makuru twayahawe n’Abantu bizewe.

Ati: “Burungu abaturage bahunze bahungira mu Bwiza. Ariko M23 yafashe uduce twose duherereye muri Burungu.”

Aya makuru y’imirwano hagati ya M23 ni mitwe ifasha FARDC yemejwe kandi n’Abantu bakora ubucuruzi muri Centre ya Kitchanga, aho bavuze binubira leta idahagarika intambara.

Ati: “Imihanda irigutyo abashoferi kobaranga kujana abagenzi n’abacuruzi, kubera intambara irimo kuba. Ibikorwa twabihagaritse.”

Umwe muraba bacuruzi Wisley Isaac, yagize ati: “Icyifuzo cacu n’uko leta yokora ibishoboka ikadushakira amahoro. Turifuza kandi ko Umuganda wa NR2, wakingurwa hashize i Cyumweru twandikiye Guverineri w’i Ntara tumusaba ko baduha amahirwe umuhanda wa Goma- Kiwanja-Butembo ugakinguka ariko kugeza ubu igisubizo twifuza ntaco turabona. Hubwo imirwano irakomeje igana mu Mujyi wa Kitchanga.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 04/10/2023.

Tags: M23Muri teritware ya MasisiY'igaruriye ibice birenga bitatu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imitwe ibiri y'inyeshamba yari yarashinzwe kugira ngo yice Abanyamulenge (Tutsi) basubiranyemo bararimburana muri teritware ya Fizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?