Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusirikare utazibagirana m’ubwoko bw’Anyamulenge Major Robert Kagigi Musabwa, yapfuye kuri yi tariki 11/10/2009.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyaka i Cumi nine(14) irarangiye, umusirikare w’ingenzi utazibagirana m’ubwoko bw’Anyamulenge Major Robert Kagigi Musabwa atabarutse.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Uyu musirikare azwiho ubutwari bukaze mubasikare ba bayeho n’abariho ndetse n’abazoza nyuama ye muri Congo Kinshasa ahanini Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Major Robert Kagigi, yavutse mu mwaka w’1972 avukiye mubice bya Gatanga homuri Groupement ya Bijombo, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo. Kagigi yabyawe na Rutonesha Thomas na Reneya, izina yiswe n’ababyeyi be ni Musabwa Kagigi.

Uyu musirikare y’injiye igisirikare agamije gutabara ubwoko bw’Abatutsi barimo bicwa mu mwaka w’1994 mugihugu c’u Rwanda. Bigeze mu mwaka wa 1996 yambutse mucahoze citwa Zaïre aje guhagarika na none urugomo Abanyamulenge barimo bakorerwa na leta ya perezida Desire Mobutu Sese seko ku Ngwendo Wazabanga.

Major Robert Kagigi, ari mubasirikare bahagaritse ibitero ku Ndondo ya Bijombo byari byugarije kurimbura Abanyamulenge ahagana mu mwaka w’ 1999. Kagigi azwi Mugihamba, ku Kigwa, Magunda ndetse no Mubibogobogo nahandi.

Amakuru Minembwe Capital News yabwiwe n’uko uyu musirikare w’ingenzi Mubanyamulenge yishwe arashwe nimugihe yaravuye aho yakoreraga mubice byo muri teritware ya Uvira agana i Nyangezi akaba yari yahamagawe kw’itaba i Nama yari yategujwe na Komanda Region muri Kivu yamajy’Epfo, Gen Patrice Masunzu. Yari Nama yariyateguriwe kubera mugace ka Nyafunze muri Centre ya Nyangezi ubwo yaganaga muri aka gace niho yaje guhura n’Abantu baje bitwaje imbunda baramurasa arapfa.

Umwe mu muryango we yatanze ubuhamya agira ati: “Kagigi yari ntwari ikomeye m’ubwoko bw’Abatutsi, apfa arashwe n’Abasirikare baje bitwikiriye ibihuzu mu maso. Kagigi nti tuzomwibagigwa.”

Major Robert Kagigi Musabwa, yapfuye tariki 11/10/2009. Abanyamulenge bakomeje kumwibuka nogusaba ko hoba ubutabera abakoze amabi bakamenyekana.

By Bruce Bahanda.

Tariki 11/10/2023.

Tags: Umusirikare utazibagirana m'ubwoko bw'Anyamulenge Major Robert Kagigi MusabwaYapfuye tariki 11/10/2009
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imirwano ikaze yongeye kubura muriki Gitondo co kuwa Gatatu aho M23 ngoyaba yegereje gufata Kitchanga .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?