Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umutwe wa M23 wavuze ukuri kumirwano barimo na Fardc naho ingabo z’u Burundi ngo zahawe misiyo yokuza barasa abasirikare bakuru ba M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za M23 zirwanya leta ya Republika ya Demokarsi ya Congo zatangaje ko hari abasirikare bayo baheruka gupfira mu ntambara nimugihe bari bahanganye n’igisirikare ca Kinshasa (Fardc) maze bavuga ko abapfuye batageze 200 nk’uko Wazalendo ba bitangaje.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Iyo mirwano ngw’ikaba yarabereye mubice biherereye muri teritware ya Masisi nimirwano yatangiye mu mpera ziki Cyumweru dusoje.

Aya makuru akomeza avuga ko iyo mirwano ikomeye yabereye mubice bya Kilorirwe na Kitshanga, uyu mutwe M23 ukemeza ko ingabo za FARDC n’imitwe bakorana ko bose bayitakarijemo abantu babo benshi.

Ubwo imirwano yaberaga muri Kilolirwe na Kitchanga hari amakuru yavugaga ko M23 yaba yaratakarije abasirikare babo babarirwa muri 200 ariko uyu mutwe wahakanye aya Makuru uvuga ko ataribyo.

Umunyamakuru w’Umubiligi, Marc Hoogsteyns, yanditse ku rubuga rwe rwa X ko Bertrand Bisimwa uyobora umutwe wa M23 yamwemereye ko hari abarwanyi babo baguye muri iriya mirwano, gusa avuga ko imibare ivuga ko ari 200 ko ari ugukabya.

Andi Makuru avugako muri Groupement ya Tongo no mubice bya Bwiza ko FARDC n’abafatanya bikorwa babo bahatakarije abasirikare babo barenga 400.

Kuri uyu wa Gatatu Wazalendo na FARDC batangaje ko abarwayi ba Wazalendo birukanye M23 k’ubutaka bwomuri Bwiza iherereye muri teritware ya Masisi ariko amakuru y’ukuri Minembwe Capital News, yamaze kwakira y’izewe n’uko M23 iri kugenzura Bwiza yose ndetse no munkengero zayo.

Ikindi n’uko uyu mutwe wa M23 ngo wagaragaje ubunararibonye muguhangana n’ubwinshi bw’abasirikare ba RDC n’indi mitwe myinshi ifasha leta ya RDC kurwanya M23.

Ibi bituma Abasesenguzi bemeza ko ingabo za FARDC zishobora gutsindwa ngo kandi mugihe gito.

Amakuru kandi dukesha isoko yacu avuga ko abasirikare b’u Burundi, bahawe misiyo yokuzaza bica Abayobozi Bakuru ba M23.

By Bruce Bahanda.

Tags: FardcM23muburasirazuba bwa RDCUkuri kumirwano barimo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe kuri uyu wa Kane hatigeze havugwa imirwano hongeye kuramukira agahenge kamahoro M'uburasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?