Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage ba Kabambari, bongeye guhunga k’ubwinshi n’imugihe Inyeshamba zongeye kugaraga muribyo bice.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Muhana wa Molota uherereye muri Groupemant ya Baombo muri teritware ya Kabambare, abaturage bongeye guhunga kubwinshi bava muri ibyo bice. N’amakuru yemejwe na Sosiyete Sivile yomuri aka karere aho uwitwa Moïse Kangakolo, yabwiye itangaza Makuru ko aba baturage bahunze berekeza kuri Komine ya Kabambare nomuri Localite ya Kalela, mubirometre 12 niyi Komine ya Kabambare.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ay’amakuru avuga ko bariya baturage bariguhunga uwitwa Hercule, nk’uko byavuzwe na bwana Moïse, nimugihe uyu Hercule asanzwe ari Mai Mai Kandi ko yaragize igihe yarahungiye muri Secteur y’Aba Buyu. Akimara guhunguka Mai Mai ziyobowe na Sungura zatangiye kuza ziza kumusura ari nabyo byateye abaturage guhunga.

Ibi bikaba byatumye abaturage bo m’ubwoko bwa ba Buyu bahunga aka kalele murwego rwogutinya kw’intambara zishobora kuvuka hagati y’izi Nyeshamba zahuriranye mu Muhana wa Mulota.

Uyu Moïse ubwo yavuganaga n’abanyamakuru ba Minembwe Capital News, yavuzeko isubiranamo ry’imitwe y’inyeshamba muri teritware ya Kabambare, rimaze gukura abaturage benshi mubyabo. Yemeje ko imiryango irenga 4500 imaze guta izabo igana iy’ubuhungiro.

Kandi ko i Nyeshamba ziyobowe n’uwitwa Cheik Kabala, n’izu wiyita General Mandevu, ko bakunze kuba mubihe byinshi byoguhangana.

Umuyobozi wa teritware ya Kabambare, Albert Kakuta Walubangi, we yatangaje ko intambara zomuri ibi bice z’ikomoka kw’isesa ry’amasezerano ya Sosiyete i cukura amabuye y’Agaciro yo mubwoko bwa STRATEGOS MINING.

By Bruce Bahanda.

Tags: Aba BuyuAbaturage ba Kabambari bongeye guhunga k'ubwinshi n'imugihe Inyeshamba zongeye kugaraga muribyo biceMaï Maï
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Burusiya, Vradimir Putin, yaburiye Israel kudakora ikosa ngo igaba ibitero hasi k'ubutaka muri Gaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?