Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Lt Gen Christian Tshiwewe Songesa, yeruye mukarasisi k’ingabo maze avuga ko brigade 15 zigiye koherezwa kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare mukuru mungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC), Lt General Christian Tshiwewe Songesa, ahejeje gutangaza ko hagiye koherezwa abasirikare benshi muri Kivu yaruguru, kurwanya M23.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko yabivuze yavuze yihanukira ko hazoherezwa brigade 15, baje gutera abagizi iminsi k’urugamba ingabo mubitugu. Ni mu mirwano imaze iminsi ihuza ingabo za RDC n’umutwe wa M23 kimwe ho RDC yari itarerura ko abasirikare babo bari k’urugamba nimugihe byitwagako harwana Wazalendo.

Ibi General Tshiwewe akaba yabivugiye mukarasisi kahuzaga ingabo za FARDC zihuriye muri za unite zitandukanye mw’i Kambi y’igisikare irahitwa kokolo i kinshasa, mu murwa Mukuru w’igihugu ca RDC.

Général Tshiwewe yagize ati: “Ndishimye kubagezaho inkuru y’uko igisirikare cyacu kirimo kirazamuka mu mbaraga aho ubu hari brigade 15 zirangije ishuri ubu ibikoresho byabo byarangije kuba tayari ndetse bitegerejweko boherezwa mubandi bari k’urugamba M’uburasirazuba bwa RDC, guhangana na M23.”

Y’unzemo kandi ati: “Usibye abongabo hari n’abandi bari guhugurwa bazakora muri za unite z’ingabo zidasanzwe muribo harabamaze gusoza ayo mahugurwa.”

Lt General Tshiwewe, “yoboneyeho kandi kubwira ingabo ze ko bagomba gukora ibishoboka byose kugirango barangize ikibazo c’intambara ziri mugihugu cabo anahamyako byose bizashoboka igihe bose bazaba basenyeye k’umugozi umwe kuko aribo Congo itezemo amahoro y’ejo hazaza.”

Uyu musirikare uvuga rikijana mugisirikare ca RDC, Lt Gen Tshiwewe, yongeye kwibutsa abasirikare inshingano zabo nyamukuru ko ari “Ukurinda abaturage ndetse n’ibyabo hamwe nokurinda ubusugire bw’ibihugu.”

Yarangije ashimira abaturage k’ubufatanye bwabo n’igisirikare ca FARDC, M’uburasirazuba bwa RDC, maze yongera guhamagarira iki gisirikare ku datoteza Wazalendo.

By Bruce Bahanda.

Tags: Brigade 15 zigiye koherezwa kurwanya M23muburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Aka Nama ka L'ONI, gashinzwe amahoro kw'isi kasabye ko hoba ibiganiro hagati ya Kigali na Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?