Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Urujijo kw’ifungwa ry’umunyamulengekazi, Bintu, wafunzwe azira amaphoto, haribazwa ahafungiwe ubu?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urujijo kw’ifungwa ry’umunyamulengekazi Bintu, umudamu wa Colonel Muyoboke nawe ufunguwe i Bukavu, kumurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Epfo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru yahawe Minemwe Capital News, n’uko uyu mudamu wari ufungiwe Uvira kuva mumpera z’Ukwezi kwa Cyenda(9), kuri uyu wa Kabiri(2), tariki 17/10/2023, abamugemuriye ibiryo basanze ntawe ugifungiye aho yarari kuri biro 2. Bahitamo gusubira inyuma.

Minembwe Capital News, yagerageje kubaza maze baduha inkuru ko uyu mudamu yoba yarajanwe gufungirwa i Kinshasa cangwa i Bukavu.

Uwatanze ayamakuru yagize ati: ” Kuri uyu wa Kabiri, abahoraga bamugemurira ifunguro, bageze aho yahoraga afungiwe Uvira basanga ntawe ugihari. Twahawe Amakuru ko yajanwe mu mudoko ija i Bukavu ashorewe n’abasirikare ba biri bafite ipeti rya Captain.”

Uyu waganiraga na Minemwe Capital News, y’unzemo kandi ati: “Kugeza ubu ntituzi ko koko yajanwe i Bukavu cangwa i Kinshasa.”

Madame Colonel Muyoboke, Bintu, yafashwe n’ingabo za FARDC zomuri brigade ya 12, afatiwe mu Minembwe ku Kiziba, tariki 15/09/2023. Ubwo bamufataga bamubwiye ko bamufungiye amaphoto ye yagaragajwe ari kumwe n’abaturage b’irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho.

Yaje gufungirwa mu Minembwe, i Cyumweru kimwe nyuma baza ku mu manura Uvira akaba ariho yarafungiwe. Ubwo nyuma gato umugabo we Muyoboke, usanzwe akorera leta ya Kinshasa muri servise y’igipolisi akaba afite ipeti rya Colonel, nawe yaje gufatwa arafungwa azira umudamu we wiphotoje ari kumwe n’abaturage b’irwanaho.

Bintu, ni umudamu uri mukigero cyimyaka irihagati ya 45 na 40 akaba asanzwe yari umuntu wikorera kugitice kandi atuye Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Kuzamuka i Misozi miremire y’i Mulenge aza gufungwa, byavuzwe ko yaragiye gusuzuma inka ze zari mu Minembwe.

Abanyamulenge(Tutsi), bagize igihe batakira amahanga ko bagize igihe barengana kugeza ubu ntibarabona ubumva bamwe bamaze imyaka n’imyaka bafungiwe i Kinshasa, bataburana abandi bafungiwe i Bukavu, n’ahandi, aba Banyamulenge bakunze kuvuga ngo n’inde uzarenganura Abanyamulenge???? Igisubizo ngocaba cihishe muribo, ku kibona ni umugisha .

By Bruce Bahanda.

Tags: BintuBukavuKinshasaMinembweUrujijo kw'ifungwa ry'umunyamulengekaziWafunzwe azira amaphoto
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, yashizeho itegeko rirengera abashinzwe kuvuganira ikiremwa muntu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?