Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanyamakuru muri RDC bamaze kurenganywa bashizwe k’urutonde, barimo Stanislas Bujakera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 24, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuva mu mwaka w’ 2020 kugeza mu kwezi kwa Cyenda(9), muri uyu mwaka w’ 2023 ikinyamakuru bita Repporteurs sans frontières RSF cyabaze ibihe 123 by’ihagarikwa bitemewe n’amategeko byabaye kubanyamakuru harimo na Stanislas Bujakera.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nimugihe kandi Uy’umubare wari uheruka gutangwa n’ishirahamwe Mpuzamahanga ubwo bahamagarira aba kandida bose bahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu muri RDC kugirango barahirire kuzubahiriza uburenganzira bw’itangazamakuru muri RDC.

Mubanyamakuru irishirahamwe ryakomeje kuvugaho harimo Stanislas Bujakera, ufungiwe i Kinshasa muburyo butemewe n’amategeko nk’uko bakomeje ba bivuga. Stanislas Bujakera, yakoreraga ikinyamakuru ca Jeunne Afrique. Hari kandi n’umunyamakuru wakoreraga ikinyamakuru ca Actualite.CD
witwa Tshamala, yakoreraga n’ikigo cy’Abongereza, gishinzwe itangaza makuru “Reuters,” akaba n’umuyobozi w’ungirije wikigo cy’itangazamakuru muri Congo Kinshasa .

RSF n’ubundi yatangajeko usibye gufugwa bitemewe n’amategeko hari nabicwa n’abandi bakaburirwa irengero harimo nogushimutwa .

Mu bishwe harimo Joel Musavuli, wari umuyobozi (Directeur) wa Radio na Television y’abaturage ya Bambori (RTCB) ho mu Ntara ya Ituri hari kandi Heritier Magayane, wakoreraga Radio na television National ya Congo ( RTNC), yafunzwe mu mwaka w’ 2021 naho Papy Mahamba, yishwe mu myaka ibiri ishize yakoreraga Radio y’abaturage yahitwa Lweba, muri teritware ya Fizi, i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abakorewe iyicwa Rubozo hafi gupfa Harimo uwitwa Bwila Bwalitse umuyobozo wa Radio y’abaturage yahitwa Bakumbule (RCBA) na Byamungu Galubanda, umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa Radio ijwi rya Mikeno.

Kubwa RSF ibikorwa bigayitse kandi bibi bikorerwa abanyamakuru muri RDC bivugwako ushaka wese kuba ya yobora iki gihugu yakwishiramo gahunda yoguha itangazamakuru nokurirekurira rigakora akazi ryisanzuye ndetse nomubwigenge.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abanyamakuru muri RDC bamaze kurenganywa bashizwe k'urutondeBarimo Stanislas Bujakera
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za FARDC n'abambari babo bagabye igitero muri Kibumba, bise ko arico baza kwerekanaho ububashabwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?