• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusesenguzi w’umunyamulenge, Zachee Byinshi Masabo, ngwasanga Sosiyete sivile Forces Vive, yirengagiza ibyo izi! nimugihe basabye umukuru w’igihugu kurekana na EAC.

minebwenews by minebwenews
October 24, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro Mpuzabikorwa m’urwego rw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bya Sosiyete sivile Forces Vive, birahamagarira umukuru w’igihugu ca Republika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ndetse na Guverinema ya Congo muri rusange, kuba bava mubyo bise guhagarika intambara bikorwa mu magambo gusa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Iyi Sosiyete sivile ivugako guhagarika intambara Guverinema ya Congo itegetswe na EAC ndetse na mashirahamwe Mpuzamahanga byabaye ibyo munyandiko gusa ariko ko bitigeze byubahirizwa kandi ko umuryango wa EAC n’ayamashirahamwe Mpuzamahanga bishigikiye inyeshamba za M23.

Iyi Sosiyete sivile yakomeje gutera akamo ko imyaka imaze kuba ibiri(2), ingabo za Afrika y’iburasirazuba(EACRF) ziri k’ubutaka bwa Republika ya Demokorasi ya Congo ariko ko intambara yakomeje kwiyongera ikaba ninshi ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’ubwo Sosiyete sivile ya Forces Vive, ivugako intambara idahagarara abasesenguzi basanga iriya Sosiyete sivile, barirengagije ko M23 ibyo yasabwe byose babyubahirije bikaza kurangira Guverinema ya Kinshasa ibihinduye ubusa aribyo byatumye intambara yongera kubura, nibyasesenguwe n’umusesenguzi w’umunyamulenge, Zachee Byinshi Masabo.

Masabo, yanahamije ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo zikoresheje Wazalendo zagabye ibitero k’umutwe wa M23 nayo izakwigwanaho

Kugeza ubu intambara ikaba ikomeje gusatira igana munkengero za Goma.

By Bruce Bahanda.

Tags: Nimugihe basabye umukuru w'igihugu ca RDC Félix Tshisekedi kurekana na EACUmusesenguzi w'umunyamulenge Zachee Byinshi Masabo ngwasanga Sosiyete sivile Forces Vive yirengagiza ibyo izi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Insoresore zab'Anyekongo, zariye karungu zatwitse Amakamyo yaratwaye ibiribwa byabaheruka kuvanwa mubyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?