Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Nama idasanzwe y’Abakuru baza leta, ngo yafatiwemo imyanzuro ikakaye ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kuzamba M’uburasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Nama y’Abakuru b’ibihugu b’igize umuryango wa SADC yakozwe kuri uyu wa Kabiri, tariki 31/10/2023. N’i Nama byavuzwe ko na perezida Félix Tshisekedi, ko ya y’ikurikiranye akoresheje ikorana buhanga rya none( Visiocoference).

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru avugako iyo Nama yigiwemo ibi bikurikira:

“Kureberahamwe uko umutekano uhagaze M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.”

“Gutegura byihuse aho ingabo zizahitira zizaba zigiye kugarura Amahoro muri RDC, zo mu muryango wa SAMIDRC .”

“Muriyo Nama, Abayobozi bagize ibihugu biri muririya shirahamwe rya SADC bavuzeko bose bahangayikishijwe n’ikibazo cy’umutekano muke ukomeje kuzamba M’uburasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, banashima aho ibikorwa byokwegeranya ingabo za SAMIDRC aho bigeze.”

“Perezida Félix Tshisekedi, akaba yaboneyeho umwanya wo kumenyesha bagenzibe ko ibikorwa byogutegura barimo birimo gukorwa neza n’Abayobozi b’ingabo ndetse n’aba minisitire b’ingabo z’ibihugu bifite kuzohereza ziriya Ngabo.”

Umubonano uherutse kubera Lubumbashi, wahuje perezida Félix Tshisekedi na Dr Jakaya Mrisho kikwete ukuriye aba Sage ba SADC n’ubundi warushingiye kubibazo biri M’uburasirazuba bwa Congo.”

“Igikorwa cyokohereza ingabo muri RDC cyemejwe mu Nama igira iya 43 y’Abakuru b’ibihugu bigize ishirahamwe rya SADC, ubwo bari i Luanda, ho muri Angola.”

“Guverinoma ya Kinshasa, bigize igihe bivugwa ko imbaraga zayo zose yazerekeje mubihugu by’Afrika yo mu Majy’Epfo maze ashinja ibihugu byo M’uburasirazuba bw’Afrika(EAC), kunanirwa kugarura umutekano M’uburasirazuba bwa RDC.”

By Bruce Bahanda.

Tags: I Nama idasanzwe y'Abakuru b'ibihugu bagize za leta ngoyafashe imyanzuro ikakaye ku kibazo cy'umutekano muke ukomeje kuzamba M'uburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Perezida Félix Tshisekedi, zishe abasivile muri Groupemant ya Buhumba zongera gukomeretsa zirashe undi mugabo womuri Localite ya Cyegera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?