Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Red Tabara na Maï Maï Bishambuke, kumunsi w’ejo bakubiswe ahababaza nyuma y’uko bari bagabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mubitero byagabwe mu Mihana y’Abatutsi(Abanyamulenge), mu nkengero za Komine Minembwe, k’umunsi w’ejo hashize, tariki 16/11/2023, Maï Maï na Red Tabara batakaje abarwanyi babo 17.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko byavuzwe iriya mirwano yabereye muduce dutatu: “Nyagishasha, Bipimo, mugihe c’isaha z’umugoroba Urugamba rwaje kugera mugace ka Mihanga,” utu duce twose tubarizwa muri Grupema ya Basimunyaka y’Amajy’epfo, Secteur ya Lulenge, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umwe mu baturage b’irwanaho yabwiye Minembwe Capital News, ko uriya mutwe wa Red Tabara, urwanya leta y’u Burundi na Maï Maï Bishambuke, irwanya u bwoko bw’Abatutsi kwaribo bagabye biriya bitero ahari ibiraro by’inka z’Abungeri bo mu bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), maze Twirwaneho iza gutabara ivuye mubice byomuri Komine Minembwe, barwanira abaturage n’ibyabo.

Ay’amakuru akomeza avuga ko iyo mirwano ko itigeze ihira bariya barwanyi ba Red Tabara na Maï Maï Bishambuke, bari baje kugaba ibitero k’u Batutsi m’urwego rwo kubasenyera no kubica. Byavuzwe ko abarwanyi benshi kuruhande rwa Red Tabara na Maï Maï Bishambuke ko hapfuye abarwanyi babo 17 abandi benshi barakomereka, ngo nimugihe hagiye hagaragara ibipoyo byikorewe.

Red Tabara yagabye biriya bitero ivuye mu Rugezi mugihe Maï Maï Bishambuke yo yaje iva mu Kabanju(mu Lulenge).

Abaturage baturiye ibyo bice bahwihwisa ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zikorera mu misozi miremire y’Imulenge ko boba bari mu mugambi mubisha woguhangura Red Tabara na Maï Maï Bishambuke kugaba ibitero mubice birimo Inka z’Abanyamulenge ngo kuko ibyo bitero byagabwe kubanyamulenge FARDC yanga kubatabara.

Sibwo bwambere FARDC ishinjwa kuba m’uruhande rwa Maï Maï Bishambuke, nimugihe u mwaka wa 2018 na 2020 bariya basirikare ba FARDC bagiye batanga imbunda na Masasu muri Maï Maï. Ibyo byakoze Gen Dieudonne Muhima na Colonel Katembo ndetse na Col Ekembe.

Bruce Bahanda.

Tags: Kumunsi w'ejo hashize bakubiswe ahababaza nyuma y'uko bari bagabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe muri Kivu y'Amajy'epfoRed Tabara na Maï Maï Bishambuke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, bashize ihuriro bise "Congo ya makasi," igamije guhangana mu Matora maze bayiha ingingo zikarishye...

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?