Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Tshisekedi, ngoyaba yaramaze gucyamo igihugu n’ibyavuzwe n’umusenguzi nyuma y’uko Tshisekedi, atangaje ko Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 19, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane, tariki 16/11/2023, yavuze ko amatora y’u mukuru w’igihugu muriki gihugu ateganijwe azaba nta gisibya mu kwezi kwa Cumi nabiri (12), ariko ko bitazashoboka ko aba muri teritwari za Masisi na Rutshuru muri Kivu ya Ruguru kubera umutekano muke uri M’uburasirazuba bw’iki gihugu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni mu kiganiro ku wa kane yagiranye n’abanyamakuru babiri b’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa France 24 na RFI.

Amatora ategerejwe kuzaba tariki 20/12/2023, nk’uko ukuriye komisiyo y’Amatora muri RDC aheruka ku bitangaza.

Muri icyo kiganiro Tshisekedi yavuze ko kubera umutekano muke uri muri kivu y’Amajyaruguru ko nta matora azabayo.

yagize ati “Birababaje, birababaje ko muri Rutshuru no muri Masisi sinemeza ko bizashoboka ko amatora ahaba.

Ariko ibyo ntibibuza ko tuzakomeza umuhate wacyu kugira ngo tubohore utwo duce, dusubize abacu dusangiye igihugu mu duce bakomokamo, no kugarura amahoro.

Akomeza ati “Ariko nanone hariho gahunda y’Amatora igomba gukomeza kandi ikagezwa ku musozo wayo.”

Bariya banyamakuru banamuteye ikibazo kijanye nabo bahanganye mu matora:

Mu kibazo u munyamakuru yamubajije yagize ati: “nka Moïse Katumbi anenga byinshi birimo nk’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi rya hato na hato, naho Martin Fayulu na Denis Mukwege bo bamagana ruswa bavuga ko iri mu bakomeye bari ku butegetsi, ibyo urabivugaho iki bwana Perezida Félix Antoine Tshisekedi?”

Tshisekedi, ati: ”Kuba umuriro w’amashanyarazi wabura si bintu bisha, twebwe icyo tugerageza nyine ni u guhagarika iryo bura ry’umuriro rya hato na hato,

“Tugerageza gukemura ibyo. Ubwo nageraga ku butegetsi, ingo 9% gusa, ndavuga abaturage, ni zo zari zifite amashanyarazi. Uyu munsi tugeze muri 20% kandi intego ni ugutera indi ntambwe ndende.”

“Rero bo bashobora kuvuga, ndabyemera, Moïse Katumbi yabaye Guverineri w’i Ntara ya Katanga, icyo gihe Katanga yaritaracyikamo ibice bine, ariko se yayikozeho iki?”

Akomeza agira ati “Navugaga vuba aha ku kibuga mpuzamahanga cy’indege kirimo kubakwa, ndetse ahubwo kimaze kurangira i Kolwezi.”

“Yabaye Guverineri imyaka icyenda ariko ntiyanatekereje ku kubaka ikibuga mpuzamahanga cy’indege mu murwa mukuru w’isi wa cobalt [ibuye ry’agaciro].”

Muri icyo kiganiro Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23.” Ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi kuva mbere hubwo Kigali ishinja Kinshasa gukorana na FDLR u mutwe w’iterabwoba.

U musesenguzi w’u Munyamulenge, Fidele Nzibonera, yanenze ibyo Tshisekedi avuga ko hari ibice bimwe bitazabamo Amatora ategerejwe kuzaba vuba:

Yagize ati: “Biriya u mukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi, yavuze nta washidikanya ko ari intege nke ze(faiblesse), zikomeye kuja ku mbuga nkoranya mbaga, ugatangaza ko haribicye bimwe by’igihugu bitazabamo amatora y’u mukuru w’igihugu!”

“Muyandi magambo bivuzeko aka gace yakagize igihugu cy’igenga nk’uko bafite uburenganzira bwokwiyobora y’uko ntibazayoborwa na perezida w’igihugu batatoye. Perezida Félix Tshisekedi, hariya yaribeshye navuga ko yihuse mu kuvuga.”

U musesenguzi yakomeje avuga ati: “Buriya igihugu Félix Tshisekedi, kuriya kera yakigurishije! Akigurishije kubera kutamenya.”

Ibi Perezida Félix Tshisekedi, yongeye kubisubiramo ubwo yaganiraga n’umunyambanga wa leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken, kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki 18/11/2023. Tshisekedi yamubwiye ko bitashoboka ko Masisi na Rutsuru, bigenzurwa na M23 kobyobamo Amatora.

Tshisekedi, ati: “Ntibishoboka ko Ibice bigenzurwa na M23 byageramo Amatora.”

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Félix Tshisekedi ngoyaba yaramaze gucyamo igihugu n'ibyavuzwe n'umusenguzi nyuma y'uko Tshisekedi atangaje ko Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Kinshasa, zongeye kugaba ibitero i Masisi, zikoresheje ibi bunda biremereye muri ki Gitondo co kw'itariki 19/11/2023.

Comments 1

  1. NZAYIRAMYA Fidèle says:
    2 years ago

    Balkanisation batubwiraga twabiterezako harikundi bizagenda ariko turabyiboneye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?