Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hongeye kwaduka u mwuka mubi hagati y’amoko aturiye Bibogobogo na Baraka no munkengero zaho, muri teritware ya Fizi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 20, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U mutekano wongeye kuba mubi mubice bya Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe ay’amakuru n’uko u mutekano wongeye kuzamba nyuma y’urupfu rwa Mwami w’u mupfulero w’ishwe arashwe, tariki 16/09/2023, n’Abantu bikekwa kwar’Inyeshamba zomuri Maï Maï Bishambuke, nk’uko byavuzwe icyogihe.

Nyuma y’urupfu rw’uyu Mugabo wo m’ubwoko bwa Pfulero w’ishwe ubwo yari aragiye amatungo ye haje kuba icyuka kibi hagati y’abasirikare ba leta ya Kinshasa bakorera mu Bibogobogo aho byaje kurangira hishwe u musirikare u mwe wa FARDC ni mugihe hari habaye kurasana hagati yabo. Muriryo subiranamo hishwe n’u mu Maï Maï Bishambuke umwe abandi ba biri barakomereka.

U mwe mubaturage baturiye bi Bogobobogo agace kari mu bilometre bi barigwa muri 80 n’u Mujyi wa Komine Minembwe ikaba kandi iri mu bilometre bike n’u Mujyi wa Baraka ahazwi nk’u Mujyi mu nini wa teritware ya Fizi, ya duhamirije ko kuri ubu ko nta Munyamulenge woba akigera i Baraka cangwa Uvira agiye n’amaguru kubera umutekano muke.

Avuga ko andi Moko aturiye biriya bice ko muriki gihe banze u bwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), k’uburyo bakubonye mubice bya Lusenda, Makobola kwa Nundu nahandi bohita bakurya.

Gusa ahamyako amoko y’aba Bembe n’Abapfulero aturiye Bibogobogo bo ba banye neza n’abaturage ba ba tutsi(Abanyamulenge).

Uy’u mwuka mubi wongeye kuza mugihe mu mezi ashize hari habaye u mubano mwiza hagati y’amoko yose aturiye Baraka, Bibogobogo, Lusenda n’ahandi. Ni mugihe hari hagiye haba ibikorwa bi bahuza harimo imishikirano, gukora za Club zihuza uruby’iruko harimo n’imiko y’amaguru.

Bruce Bahanda.

Tags: FiziHongeye kwaduka u mwuka mubi hagati y'amoko aturiye Bibogobogo na Baraka no munkengero zaho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Menya Moïse Kantumbi, wasezeranije abanye-kongo ko mugihe bamugirira icyizere agatambuka k'umwanya w'umukuru w'igihugu yabazanira amahoro mugihe kitarenze amezi atandatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?