
Kuri uyu wa Mbere, tariki 20/11/2023, nibwo Moïse Kantumbi Chapwe, yatangiye kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu akaba yatangiriye mu Mujyi wa kisangani ho mu Ntara ya Tshopo.
Igihe Moïse katumbi yageraga ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Bangoka, yari mu ndege ye bwite yo m’ubwoko bwa T7-JSA yakiranwe ibyishimo birenze ni mugihe wa bonaga abaje ku mwakira bakubise buzuye ndetse amayira yose n’ibibuga ba byuzuye.
Nk’uko iy’inkuru tuyikesha Radio RFI, yatangaje ko ntagukeka ko abaturage baturiye i Ntara ya Tshopo barinyuma y’ishyaka rya Ansemble Pour La République, rya Moïse Kantumbi.
Ibi byishimo byabari baje kwakira Moïse Katumbi, ku kibuga cy’indege byaje gukomereza mu Mujyi rwagati ahitwa kuri Posted. Byavuzwe ko aha hari umubare wa bantu benshi wari umurindiriye ku girango bunve icyo ashaka kubagezaho.
Mw’ijambo yagejeje ku baturage baraho yavuzeko ubuyobozi buriho muri Congo bu yobowe na Félix Tshisekedi bwasezeranije abaturage ibintu byinshi mbere y’uko aba perezida w’igihugu. Katumbi Moïse, ahamya ko mubyo Tshisekedi Yasezeranije abanyekongo byose ahamya ko bitigeze bigerwaho.
Nibwo yahise abwira abaturage baturiye i Ntara ya Tshopo ko mugihe bo mutora agatsinda ay’amatora muricyogihe ngo Congo n’abayituriye bozobona impinduka zidasanzwe.
Aha yagarutse no kubibazo byubusumbane ku bijanye n’imishahara y’abakozi aho yavuzeko iwe n’umugorewe bazagabanya imishahara kugira ngo ifashe aba kongomani.
Katumbi kandi yasezeranije bariya baturage bo mu Ntara ya Tshopo ko mugihe bo mutora yazogeraheza kunga abanyekongo bose bakaba u Muntu umwe.
Tu bibutseko mubyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bari biyemeje byokugira u mukandida umwe bitaje gukunda hubwo ko hari abashigikiye Katumbi muri bariya aribo Matata Ponyo na Delly Sesanga nahabandi bo barakomeje, bwana Martin Fayulu na Dr Dénis Mukwege.
Kuribi bijanye n’amatora u muryango w’u bumwe bw’Uburayi, wohereje itsinda ry’abantu 13 bazabasha gukurikirana ibi bijanye no kw’iyamamaza.
Bruce Bahanda.