Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abantu bari bakubise buzuye mu Mujyi wa Kisangani, mu Ntara ya Tshpo, ni mugihe bari baje kwa kira Moïse Katumbi ubwo yaraje kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, tariki 20/11/2023, nibwo Moïse Kantumbi Chapwe, yatangiye kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu akaba yatangiriye mu Mujyi wa kisangani ho mu Ntara ya Tshopo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Igihe Moïse katumbi yageraga ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Bangoka, yari mu ndege ye bwite yo m’ubwoko bwa T7-JSA yakiranwe ibyishimo birenze ni mugihe wa bonaga abaje ku mwakira bakubise buzuye ndetse amayira yose n’ibibuga ba byuzuye.

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha Radio RFI, yatangaje ko ntagukeka ko abaturage baturiye i Ntara ya Tshopo barinyuma y’ishyaka rya Ansemble Pour La République, rya Moïse Kantumbi.

Ibi byishimo byabari baje kwakira Moïse Katumbi, ku kibuga cy’indege byaje gukomereza mu Mujyi rwagati ahitwa kuri Posted. Byavuzwe ko aha hari umubare wa bantu benshi wari umurindiriye ku girango bunve icyo ashaka kubagezaho.

Mw’ijambo yagejeje ku baturage baraho yavuzeko ubuyobozi buriho muri Congo bu yobowe na Félix Tshisekedi bwasezeranije abaturage ibintu byinshi mbere y’uko aba perezida w’igihugu. Katumbi Moïse, ahamya ko mubyo Tshisekedi Yasezeranije abanyekongo byose ahamya ko bitigeze bigerwaho.

Nibwo yahise abwira abaturage baturiye i Ntara ya Tshopo ko mugihe bo mutora agatsinda ay’amatora muricyogihe ngo Congo n’abayituriye bozobona impinduka zidasanzwe.

Aha yagarutse no kubibazo byubusumbane ku bijanye n’imishahara y’abakozi aho yavuzeko iwe n’umugorewe bazagabanya imishahara kugira ngo ifashe aba kongomani.

Katumbi kandi yasezeranije bariya baturage bo mu Ntara ya Tshopo ko mugihe bo mutora yazogeraheza kunga abanyekongo bose bakaba u Muntu umwe.

Tu bibutseko mubyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bari biyemeje byokugira u mukandida umwe bitaje gukunda hubwo ko hari abashigikiye Katumbi muri bariya aribo Matata Ponyo na Delly Sesanga nahabandi bo barakomeje, bwana Martin Fayulu na Dr Dénis Mukwege.

Kuribi bijanye n’amatora u muryango w’u bumwe bw’Uburayi, wohereje itsinda ry’abantu 13 bazabasha gukurikirana ibi bijanye no kw’iyamamaza.

Bruce Bahanda.

Tags: KisanganiKw'iyamamaza k'umwanya w'umukuru w'igihuguMaïse KatumbiTshpo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I huriro ry'ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Kinshasa, zahunze i mirwano yabereye mu nkengero z'u Mujyi wa Kitshanga zahungiye mu gace ka Mweso.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?