Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Akayabo k’ifaranga perezida w’u Burundi yahawe n’u butegetsi bwa Kinshasa zakuruye akarambaraye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 23, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I miliyoni 20 y’Amadolari u mukuru w’igihugu c’u Burundi yahawe n’u butegetsi bwa Kinshasa yamaze gukurura akarambaraye mu gihugu cye. Byavuzwe ko abasirikare b’u Burundi bakuru icyenda(9), bafite ipeti k’urwego rwa Colonel na Major bafunzwe bazira intambara irimo guhuza M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, harimo n’iza leta ya Bujumbura.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Bariya basirikare icyenda (9) bafunzwe hariho abanze koherezwa M’uburasirazuba bwa RDC kurwanya M23 abandi banenze igitekerezo cyokohereza abasirikare b’u Burundi kuja gupfira k’u butaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Gusa hari abu bahirije boherezwa i Congo kurwanya M23.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 22/11/2023, n’ibwo u muvugizi w’u mutwe wa M23 mu byapolitike bwana Lawrence Kanyuka, yamaganye igisirikare c’u Burundi gikomeje gufatikanya n’ingabo za RDC kurwanya M23. Bikaba bizwi ko ingabo za FARDC zifatanije na FDLR ndetse na Wazalendo na bariya ba Wagner.

Kanyuka akoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, yagize ati:”Twamaganye igisirikare c’u Burundi gikomeje gufatikanya n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa aribo FDLR, FARDC, Wagner na Wazalendo.”

Nk’uko iy’i nkuru y’abasirikare b’u Burundi ivuga n’uko perezida Félix Tshisekedi na Mugenzi we w’u Burundi bakoranye amasezerano m’u kwezi kwa Munani(8) u mwaka w’2023, maze Tshisekedi aha Evariste Ndayishimiye ifaranga zingana n’amiliyoni 20 z’amadori kugira bafatanye kurwanya M23. Muri ayo masezerano bemeranije no kugirana imigenderanire hagati y’ingabo z’ibihugu byombi no guhanahana amakuru y’u butasi, nk’uko tubikesha u mwanditsi Pacifique Nininahazwe w’u murundi aho yanatangaje ko ayo masezerano yanditswe ku mpapuro zifite page 4.

N’ubwo ifaranga ziryoha ariko ngo byazanye n’ingaruka aribyo amakuru akomeza avuga ko Abasirikare b’u Burundi barenga 300 ko bamaze gupfira muri ririya ntambara bahanganyemo n’ingabo za M23. Harimo n’abandi basaga 150 ba buriwe irengero abandi benshi bafatwa amatekwa.

Ba mwe mubafashwe mpiri ubuyobozi bwa M23 bwagiye bu berekana. U muyobozi w’umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa aheruka no gutangaza ko bagiye kwerekana n’abandi benshi batigeze berekana.

Hakaba hamaze no kumenyekana amazina y’abamwe batakibarizwa mw’isi y’abazima muri abo basirikare b’u Burundi, amazina yatangajwe, harimo Caporal-chef Kabura Jérôme (HR11481) uvuka muri komine Kibago mu Ntara ya Makamba,
Caporal-chef Ntiranyibagira Philbert (HR 12520), yavutse mu 1981 avukiye ahitwa Mpinga, muri komine Mpinga-Kayove mu Ntara ya Rutana, Caporal-chef Nyandwi Joël (HR17633), yavutse mu 1982 avukiye mu gace ka Nyarumanga muri komine Gisuru mu Ntara ya Ruyigi

  • 1Classe Kwizera Therence (HR 26457), yavutse mu 1991 avukiye Nyabizinu muri komine Busiga mu Ntara ya Ngozi
  • 1Classe Mandera Gérard (HR 29495), yavutse mu 1995 avukiye ahitwa Muyinga intara ya Muyinga
  • 1Classe Baragunzwa Etienne (HR 29020), yavutse mu 1998 avukiye i Bikingi muri komine Nyarusange mu Ntara ya Gitega
  • 1Classe Ndihokubwayo Fulgence (HR 27736), yavutse mu 1997 avukiye mu Butaganzwa muri komine Butaganzwa mu Ntara ya Ruyigi
  • 1Classe Niyonsaba Égide (HR 27 871), yavutse mu 1998 avukiye kwa Gisikara muri komine Itaba mu ntara ya Gitega.

Bano basirikare bose bari muri 6ème Batayo TAFOC, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo nyuma boherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru guhangana na M23.

Bruce Bahanda.

Tags: Akayabo k'ifaranga Umukuru perezida w'u Burundi yahawe n'u butegetsi bwa Kinshasa zakuruye akarambaraye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ukuriye u butasi bwa leta Zunze Ubumwe za Amerika, , Avril Haines, aheruka kugenderera u Rwanda na Congo Kinshasa, akaba yari kukibazo cy'u mutekano muke w'uburazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?