Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zateye ibisasu muri Kilolirwe no munkengero zayo ahatuwe n’abaturage benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokorasi ya Congo cyongeye gushinjwa n’u mutwe wa M23 kongera gutera ibibomba i Kilolirwe homuri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nimuri ki gitondo cyokuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 25/11/2023, ubwo ririya huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi zongeye gusuka ibi Bomba by’umuriro mu gace ka Kilolirwe no munkengero zayo ahatuwe n’abaturage benshi. Kilolirwe kuri ubu igenzura n’u mutwe wa ARC/M23 nyuma y’uko ingabo za FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo bahunze aka gace ka kaza kwigarurirwa na M23 mumpera z’Ukwezi kwa Cumi (10).

Ingabo za RDC n’abambari babo gusuka ibisasu by’umuriro muri Kilolirwe no munkengero zayo bari muburyo bwokugerageza ngo barebe ko bokongera kwisubuzi ibice bambuwe n’uriya mutwe wa M23. Ibi byemejwe n’u muvugizi wa M23 mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka aho yagize ati: “Ahagana isaha za samoya z’igitondo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zasutse ibi Bomba muri Kilolirwe no munkengero zayo.”

Yongeye ati: “Ingabo zacyu ARC/M23, zikomeje kw’irwanaho no kurwanirira abaturage n’ibyabo.”

Muntangiriro ziki Cyumweru, havuzwe ko abasirikare benshi baririya huriro ry’ingabo za Kinshasa bagabye ibitero bigamije kwisubuzi ibice bambuwe n’uriya mutwe wa M23 birangira ziriya Ngabo za RDC zihaboneye isomo rikaze nimugihe muri Kalenga hapfuye abasirikare ba barigwa 250 barwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Sibyo byonyine kuko bambuwe n’ibikoresho byinshi by’agisirikare ba byamburiwe muri Mweso nayo iheruka gufatwa na M23 vuba.

Mu bikoresho ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zambuye harimo n’utwuma twakamera zirangiza kure n’imbunda n’ibindi bikoresho byinshi.

Bruce Bahanda.

Tags: Ahatuwe n'abaturage benshiIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaZateye ibisasu muri Kilolirwe no munkengero zayo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Paturuyi (Patrol), y'ingabo z'u muryango w'Abibumbye (MONUSCO) bakoze mw'ijoro ryo kuri uyu wa 5 bakiriye ahamana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?