Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uruby’iruko rwabo mu bwoko bw’Abahutu mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, basabye ko Intara yabo iba igihugu cyikukiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 27, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uruby’iruko rwabo mu bwoko Bahutu ruyobowe nu witwa Mugiraneza, basabye inteko y’Abadepite mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ko Intara yabo boyigabura ikaba igihugu cy’igenga.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni urwandiko rw’anditswe na komite yaru ruriya r’ubyiruko aho basabye abadepite bo muriyo Ntara ko Intara yabo yogaburwa mbere y’uko Amatora aba ateganijwe kuba tariki ya 20/12/2023. Ibi byanatangajwe n’a Radio ijwi ry’Amerika ivuga mu rurimi rw’igiswahili.

Muri urwo rwandiko bagaragaje ibi: “Turashaka ko Intara yacu igaburwa ikukira ikaba igihugu mbere y’uko Amatora aba. Turashaka ubuyobozi bwegereye abaturage.”

Bakomeje bagira bati: “Intambara yanze gushira ntinateze no kurangira rero ni twikukira igihugu kizatekana.”

Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, n’intara iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, ikaba ipakanye n’igihugu c’u Rwanda na Uganda ndetse na Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi bibaye mugihe ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC baraye bakozanijeho n’itsinda rya Wazalendo abo leta yahaye imbunda ngo ba bafashe kurwanya M23.

Iriya mirwano yaraye ibereye muduce twa Burera na Katoyi ndetse no mutundi duce twuyu Mujyi wa Goma. Ni mugihe abaturage baturiye i Goma bagize igihe bafite ubwoba bwuko M23 yoba ishaka kwigarurira uwo Mujyi.

Iriya mirwano yabaye mw’ijoro ryo kuri uyu wo ku Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere, tariki 27/11/2023. N’imirwano y’umvikanye mo imbunda ziremereye n’izito. Byavuzwe ko abaturage benshi kugeza ubu bagifite ubwoba nimugihe abenshi baraye mu bihuru.

Bruce Bahanda.

Tags: Basabye ko Intara ya Kivu y'Amajyaruguru iba igihugu cyikukiyeMbere y'uko Amatora aba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Wazalendo bo mu bwoko bw'Abapfurero, barahiriye kwica bakamaraho abo mu bwoko bw'Abatutsi (Abanyamulenge), baturiye gurupema ya ka Kamba, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Fardc yapfuyiki na wazalendo bayo?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?