Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe hasigaye amasaha make, abanyekongo bagatora Abayobozi, b’igihugu cyabo, kugeza ubu ibice bimwe birimo na Rurambo, ntibaragezwaho ibikoresho by’ifashishwa mu matora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 19, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akarere ka Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mugihe hasigaye amasaha make ngo igikorwa cyo gutora gitangire bo ntibaragezwaho ibikoresho bi bafasha gutora.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, nibwo abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, batonda kumirongo kugira ngo batore Abayobozi bazabayobora k’urwego rwa badepite na perezida w’igihugu.

Gusa ibice byinshi harimo no muri Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, kugeza ubu ibikoresho by’ifashishwa mugufasha abatora gutora ntibaragezwa ku ma biro muri aka gace.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice, yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Rurambo, dushobora kutazatora cangwa tugatora dukereje. Kugeza ubu ibikoresho ntabiragezwa ku ma biro.”

Yunzemo kandi ati: “Batubwiye ko ibikoresho byari bivanwe Uvira bigeze ku Bwegera imodoka ibitwaye irapfa. Ariko abazakoresha Amatora bo baraye hano ariko ntabikoresho.”

Ubuyobozi bwa komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, bari batiriye Indege za Monusco zizabafasha kugeza ibikoresho by’ifashishwa mu matora kugira zibafashe kugeza ibikoresho bya matora ahashizwe ibituo by’amatora. Gusa gutira ziriya ndege z’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, habaye ubukererwe nimugihe leta ya Kinshasa yari yizeye Indege zizabafasha z’igihugu cya Angola ku munota wa nyuma Angola irabahakanira.

Bruce Bahanda.

Tags: Amasaha makeIbikoresho by'ifashishwa mu matoraNtibaragezwa mubice bimweRurambo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Wakaaji wa Bibokoboko, wako kwenye hatari yakuvamiwa na waasi wa Mai Mai wakiungana na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?