Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Dore uko umutekano w’amatora uhagaze muri RDC, naho mu Bibogobogo i santire zibiri zamaze kubona ibikoresho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe Amatora arimo kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imipaka yamaze kugarwa kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Umupaka wa petite barrière na Garande barrière, bya kinzwe, iyi akaba ari imipaka ihuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

Nk’uko bya vuzwe n’uko n’inzira y’ikirere y’ugawe ndetse n’inzira y’Amazi. Bikaba byakozwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DGM), ku bw’itegeko bahawe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, abategetsi bayoboye Intara zigize igihugu ca RDC, batanze amabwiriza ku bashinzwe umutekano gukora iyo bwakabaga bakarinda umutekano w’amatora.

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yagize ati: “Ndasaba ingabo z’igihugu n’abashinzwe umutekano hano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, gutangira akazi mbere y’uko amatora atangira kugeza igikorwa nyirizina kirangiye.”

Gusa uhagarariye Komisiyo y’Amatora muri RDC, Denis Kadima, yavuze ko hari ibitero byagabwe muri system y’ikorana buhanga m’urwego rwo kugira ngo bapilate Amatora.

Yagize ati: “Ku wa Mbere ushize twagabweho ibitero ariko abakozi ba CENI twakoze iyo bwakabaga turwanya abanzi. Hari abicanyi bashaka kw’injira muri system y’ikorana buhanga ariko ubu dufite umutekano.”

N’ubwo biri uko CENI iraregwa kuba yarakererwe kugeza ibikoresho by’ifashishwa mu matora ahabigenewe ni mugihe mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, biriya bikoresho byabagezeho igihe c’isaha za saamoya zokuri uy’u wa Gatatu, tariki 20/12/2023.

Ep Bora na Ep Furaha nizo centre zagezemo ibikoresho by’ifashishwa mu matora, mu bice byo mu Bibogobogo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mubaturage baturiye ibyo bice.

Gusa hari ibice byinshi kugeza izi saha batarabona ibikoresho, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: Dore uko umutekano w'amatora uhagazeSantire zibiri zamaze kubona ibikoresho mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Machafuko yameanza kushuhudiwa kwenye vituo kazaa vya ichaguzi wa leo inchini CONGO (DRC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?