Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za RDF, zatanze igisubizo kuri perezida Félix Tshisekedi, ugize igihe avuga ko azarasa i Kigali.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’igisirikare c’u Rwanda (RDF), Brigadier General Ronald Rwivanga, yasubije Félix Tshisekedi, ugize igihe avuga ko azarasa i Gihugu c’u Rwanda.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Mu minsi mike ishize, ahagana tariki 18/12/2023, n’ibwo perezida Félix Tshisekedi, yongeye k’umvikana ari i Kinshasa, avuga y’ihanukiriye ko azarasa i Kigali, yiyicariye i Goma, anavuga ko Ingabo z’igihugu cye, kuri ubu zifite ubushobozi budasanzwe n’imbunda zirasa kure.

Muricyo gihe yanakoresheje amagambo arimo agasuzuguro, aho yagize ati: “Nongeye kandi ku bivuga uyu munsi, singombwa ko tuzohereza Ingabo z’irwanirira, k’u butaka. Turi iwacu dufite ubushobozi bwo kurasa i Kigali, twiyicariye i Goma.”

Yunzemo kandi ati: “Icyo gihe tworasa i Kigali, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azarara kure y’urugo rwe, mu ishyamba.”

Ibi nibyo u muvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, aheruka gusubiza ubwo yarimo aganira n’ikinyamakuru cya New Times.

Yagize ati: “Ndasubirisha ikibazo cya Politike, igisubizo cya Gisirikare. Reka nku bwire ko twiteguye kandi tunahora twiteguye. Mbese ntanigishya ku kw’itegura kwacu.”

Mu mezi abiri ashize havuzwe ko ingabo z’u Rwanda, zoherejwe k’u bwinshi mu bice bihana u mupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ndetse muri icyo gihe u muvugizi w’u Rwanda, w’ungirije Alain Mukuralinda, yabivuzeho avuga ko ingabo zabo zihora ari maso.

Gusa no k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, barabikoze aho ndetse n’Ingabo z’u Burundi, zizwi ho gufasha FARDC, zari k’u butaka bwa RDC, buhana imipaka n’u Rwanda, nka Nyangezi, Kamanyola, Ngomo na i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi byatumye amahanga asaba ibihugu byombi kuganira no kuvana Ingabo zabo k’u mipaka. N’ubwo bisa niby’ubahirijwe ariko ibyo Tshisekedi akomeza kuvuga bikomeza gukurura umwaka mubi hagati y’ibi, bihugu by’ibituranyi.

Bruce Bahanda.

Tags: GomaRDFUgize igihe avuga ko azarasa i KigaliYatanze igisubizo kuri perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

I Kananga, imvura idasanzwe yaraye ihitanye abantu 21, isenya n'ibikorwa remezo bya leta n'i bya baturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?