Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Rwanda, yababajwe ni icyemezo Guverinoma y’u Burundi, yafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 11, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika y’u Rwanda, yatangaje ko itanejejwe n’i cyemezo leta y’u Burundi, yafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi.

You might also like

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Ni kuri uyu wa Kane, itariki ya 11/01/2024, ubutegetsi bw’u Burundi bwa funze imika yose ihuza igihugu cyabo n’igihugu cy’i gituranyi cy’u Rwanda. Amakuru yizewe avuga ko iriya mipaka yafunzwe ahagana isaha umunani zo kugicamunsi zirengaho iminota mike.

Ibi, u Bururndi bwa bikoze mu gihe perezida Evariste Ndayishimiye, yari aheruka gutangaza ko leta ya Kigali, ifasha kandi igacumbikira abarwanyi bo mu mutwe wa Red Tabara, urwanya leta ye.

Mu itangazo leta ya Kigali yashize hanze ahagana Isaha z’u mugoroba, rivuga ko ifungwa ry’imipaka ya bimenyeye mu itangaza makuru, igasanga bihabanye namahame agize umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ibihugu byombi buhuriyemo.

Ir’i tangazo rigira riti: “Guverinoma y’u Rwanda yamenye amakuru yatangajwe mu itangaza makuru ko leta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yarwo n’u Rwanda.”

Rikomeza rivuga riti: “Iki cyemezo kibabaje, gikoma munkokora urujya n’uruza rw’ibicuruzwa hagati y’ibihugu byombi kandi bihabanye n’amahame ajyanye n’ubufatanye hagati y’abagize umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ibihugu byombi duhuriyemo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Leta y'u RwandaYababajwe ni icyemezo Guverinoma y'u Burundi yafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Perezida Museveni yavuze amavu n’amavuko y’intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n’uko yorangizwa.

Perezida Museveni yavuze amavu n'amavuko y'intambara ya Israel na Iran, ndetse avuga n'uko yorangizwa. Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko intambara ihanganishije Israel, Iran na...

Read moreDetails

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze. Umukuru w'igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Miseveni azongera yiyamamaze mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu umwaka utaha wa 2026. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Olusegun Obasanjo. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria. Ni kuri uyu wa...

Read moreDetails

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y'Epfo, menya ikihamugenza. Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, asimburwa na Felix Tshisekedi uyoboye iki gihugu,...

Read moreDetails

Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Leta y'u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye. U butegetsi bw'igihugu cy'u Rwanda bwasubije abagize igihe bavuga ko umukuru w'iki gihugu ko arwaye, ndetse hari...

Read moreDetails
Next Post
Habaye imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Habaye imirwano hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?