Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu byo mu Burayi, byasabye leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, kuganira na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
“Gutera u Rwanda, bisa no kwiyahura,” Lawrence Kanyuka, yaburiye Perezida Félix Tshisekedi, uhorana indirimbo mu kanwa ko azatera u Rwanda, rwa Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Bubiligi n’u Bufaransa, basabye Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, kuganira n’u mutwe wa M23 kugirango bifashe u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubona amahoro.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni umwanzuro leta y’u Bubiligi n’u Bufaransa bafashe mugihe Perezida Félix Tshisekedi yamaze kwemerwa nk’u watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri RDC aho Urukiko rurengera itegeko Nshinga muri RDC ruheruka gutangaza ko ariwe wegukanye intsinzi y’amatora yo kw’itariki 20/12/2023.

Bityo rero ibi bihugu k’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, bagaragaje ko Tshisekedi wongeye gutorerwa kuyobora manda yakabiri ko agomba gushakira uburyo amahoro akarere k’u Burasirazuba bw’igihugu abereye umuyobozi.

U Bufaransa bagize bati : “Bijyanye n’u mwuka mubi w’intambara, mu Burasirazuba bwa RDC, u Bufaransa burashimangira ko bushigikiye intambwe zatewe n’uturere, zo gushigikira igisubizo binyuze munzira y’amahoro kandi arambye kuriki kibazo.”

Ubundi kandi leta y’u Bubiligi nayo yerekanye ko yishimiye intsinzi ya Félix Tshisekedi ina mwihanganangiriza kuganira na M23 kugira ngo amahoro n’u mutekano birambye bibashe kuboneka.

Ati: “Turasaba ubutegetsi bwa Kinshasa gukora ibyubaka biganisha ku mahoro.”

Ibi bibaye mugihe leta ya perezida Félix Tshisekedi, imaze igihe ikubita hirya nohino ishakisha imbaraga zo guhangana n’u mutwe wa M23.

Ni kenshi ubuyobozi bwa M23 bwo, bwa giye bugaragaza uko haba ikibahuza na leta ya Kinshasa bikarangira byanze.

Tags: KuganiraM23RdcU Bubiligiu Bufaransa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post

Ingaruka z'ifungwa ry'imipaka ihuza u Rwanda n'u Birundi, zageze no mu Banye-Kongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?