Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara, uri kwisonga mu byatumye leta ya Bujumbura ifunga imipaka iruhuza n’u Rwanda, menya Red Tabara abaribo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara, ugamije gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Bujumbura, uri kwisonga mu bya tumye leta ya Bujumbura ifata icyemezo cyihuse cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Mu ijambo risoza umwaka w’2023, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagejeje ku baturage baturiye i Gihugu c’u Burundi, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara.

Yagize ati: “Ntako tutagira ngo tubane neza n’u Rwanda ariko twaje gusanga u Rwanda rudehenda . U Rwanda ru cyumbikiye Red Tabara kandi rufasha uy’u mutwe uzwiho kw’ica abaturage b’u Burundi.”

Nyuma y’ijambo rya Evariste Ndayishimiye, tariki ya 11/01/2024, leta y’igihugu cye yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi. Gusa Guverinoma ya Kigali yatangaje ko ibabajwe nibyo u Burundi bwakoze byo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi ko kandi ibyo bakoze binyuranye n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC).

Aharero twahisemo ku babwira Red Tabara uko yabayeho nicyo igamije?

Red Tabara ni umutwe w’inyeshamba ugizwe n’Abarundi badashigikira imiyoborere y’i Shyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi rya CND FDD.

Uy’u mutwe wabayeho k’uva mu mwaka w’2011, wavutse witwa Fronabu Tabara, igitero cya mbere uyu mutwe wagabye mu Burundi hari mu mwaka w’2014, ikigaba mu Ntara ya Cibitoki. Iki gitero wa kigabye uva muri RDC.

Gusa n’ubwo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ahuza abashatse guhirika u butegetsi bw’u Burundi na Red Tabara, ariko sibyo kuko umusirikare washatse guhirika ubutegetsi bw’u Burundi ari Gen Godfroid Niyombare.

Ahagana mu mwaka w’2017 uy’u mutwe waje gukomera wongera gukora ibindi bitero mu Burundi uvuye mu mu misozi ya teritware ya Uvira, Fizi na Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Gusa waje ku rwanya Abanyekongo ba Banyamulenge baturiye Rurambo, Minembwe na Mibunda ndetse na Bibogobogo, uza no gusenyera Abanyamulenge ahanini mu Rurambo na Mibunda.

Nyuma y’ubu ahagana mu mwaka w’2021 ubwabo abagize uyu mutwe baje kugira umundyane basubiranamo bapfa ibya moko ari nabyo byasize uwari umuyobozi mukuru w’igisirikare mu mutwe wa Red Tabara yirukanwe atsimburwa na Jean Claude Nibigira bakunze kwita Bayaga. Ibikorwa bya operasiyo bihabwa Nicholas Niyukuri Alias wari waramamaye kw’izina rya Gisiga, mugihe Reveriyano waje kwicirwa hamwe na Gisiga bazira kuba bashaka guhindura umutwe wa Red Tabara we yari yarahawe inshingano zo kugenzura ibikoresho by’agisirikare byose mu mutwe wa Red Tabara.

Gusa urupfu rwa Nicholas Niyukuri Alias Gisiga n’u rwa Reveriyano ntiruvugwaho rumwe kuko hari amakuru amwe avugako boba barazize ko ari Abatutsi.

Bikaba bizwiko uy’u mutwe washinzwe na Alexis Sindihije uherereye mu Gihugu c’u Bubiligi.

Bruce Bahanda.

Tags: AbariboIfunga imipaka ihuza u Rwanda n'u BurundiKwisongaRed tabaraUmutwe wa Red Tabara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post

Mu gihe ihuriro ry'Ingabo za RDC, zikomeje gusuka ibisasu biremereye i Masisi, SADC yo ntivuga rumwe n'ubuyobozi bw'Ingabo za FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?