Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inteko Nshinga mategeko y’u Bwongereza yemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Inteko Nshinga mategeko y’u Bwongereza yemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Bwongereza yemeje kohereza Abimukira mu Rwanda.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Rishi Sunak, k’u wa Gatatu, tariki ya 17/01/2024, yakoranije i Nama ya bagize Intako Nshinga mategeko y’u Bwongereza maze abasaba kwemeza cyangwa bagahakana ko hereza Abimukira mu Rwanda.

Nk’uko bivugwa mu nkuru dukesha Ijwi ry’Amerika, ivuga ko umutwe w’Abadepite, wemeje bidasubirwaho kohereza Abimukira mu gihugu c’u Rwanda.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko kwemeza icyo gikorwa cyo kohereza Abimukira mu Rwanda byatorewe ku majwi 320 kuri 276.

Abadepite bagera kuri 60 bo mu i shyaka minisitiri w’intebe akomokamo ry’Abakonservateri, abahora n’ubundi barwanyaga icyo gikorwa bagera 11 nibo batemeje gusa kohereza Abimukira mu Rwanda.

Kohereza Abimukira mu Rwanda, mu minsi ishize byateje impaka mu Ishyaka ry’Abakonservateri ndetse biviramo kwegura kwa bamwe mu badepite bari basanzwe ari byegera bya minisitiri w’intebe.

Kiriya Kinyamakuru ki kaba cyatangaje ko hasigaye kwemeza rimwe bikozwe na House Of Lords maze aba bimukira bakoherezwa mu Rwanda.

Gusa abarwanya kohereza Abimukira mu Rwanda bo bakomeje gutangaza ko batazahwema gukomeza kwa magana icyo gikorwa.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yari aheruka gutangaza ko kohereza Abimukira mu gihugu cye, bikiri munzira ko kandi igihe bitakunze i Gihugu cye cyiteguye gusubiza ifaranga leta y’u Bwongereza bari baratanze yo gutegurira abo bimukira ibi Banza.

Bruce Bahanda.

Tags: Inteko Nshinga mategeko y'u BwongerezaKohereza Abimukira mu RwandaYemeje bidasubirwaho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Mu Ntara ya  Haut-Uele,muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi umutwe w’itwara Gisirikare bikekwa ko Waba ukorana na AFC .

Mu Ntara ya Haut-Uele,muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, havutse undi umutwe w'itwara Gisirikare bikekwa ko Waba ukorana na AFC .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?