Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare c’u Burundi, kiravugwaho gushaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 20, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare c’u Burundi, kiravugwaho gushaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho koherezwa ku bwinshi ku mupaka uhuza i Gihugu cyabo n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Iminsi irenga umunani irashize leta y’u Burundi ifunze imipaka iruhuza n’u Rwanda n’inyuma y’uko perezida Evariste Ndayishimiye ashije u Rwanda gutera inkunga u mutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, ibyo Kigali yahakanye y’ivuye inyuma ivugako nta hantu na hamwe ihuriye n’inyeshamba izarizo zose zirwanya leta y’u Burundi.

K’umunsi w’ejo hashize tariki ya 19/01/2024, n’ibwo havuzwe amakuru ko Ingabo z’u Burundi ziri koherezwa k’u bwinshi mu ishyamba rya kibira, giherereye muri Komine ya Mabayi na Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoki, ahahana imbibi n’u Rwanda.

Na makuru yavuzwe bwa mbere n’ikinyamakuru cya Sos media Burundi, aho cyatangaje ko Abasirikare benshi b’u Burundi n’Abapolisi bagaragaye mu buryo budasanzwe mu mirima y’umuceri, mu ishyamba rya kibira.

Ay’amakuru akomeza avuga ko aba basirikare bagaragaye mu ishyamba rya kibira ko bari bitwaje ibibunda biremereye ndetse n’izito.

Ibi ngo bikaba byongeye gutuma abaturage baturiye ibyo bice batahwa n’ubwoba k’u buryo isaha n’isaha bitegura ko hashobora guturika intambara batazi amaherezo yayo.

Ni kenshi ingabo z’u Burundi zavuzweho, kwegera ubutaka bw’u Rwanda, mu mezi atatu ashize bya vuzwe kandi ko Ingabo z’u Burundi zambutse rwihishwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bityo bagahita boherezwa mu bice bya Nyangezi, Ngomo, i Djwi, Kamanyola n’ahandi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu bice bya RDC bihana imbibi n’u Rwanda.

Gusa leta z’ibihugu byombi ntacyo ziravuga kuri ay’amakuru.

Bruce Bahanda.

Tags: Igisirikare c'u BurundiKiravugwaho gushaka gutera i Gihugu c'u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa, ahari bubera umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, batandatu gusa mu Banyacyubahiro nibo bamaze kuhagera.

Muri Stade ya Martyrs, iherereye i Kinshasa, ahari bubera umuhango wo ku rahira kwa perezida Félix Tshisekedi, batandatu gusa mu Banyacyubahiro nibo bamaze kuhagera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?