Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

N’ibyo umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yatangaje ubwo yabazwaga n’umunyakuru Eleni Giokos, ukorera ikinyamakuru cya CNN.

Perezida Paul Kagame yavuze ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiye gutorerwa kuyobora u Rwanda, maze Kagame mu ijwi rituje ati: “Byaba byiza abantu bayategereje.”

Iki kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yakigiranye n’umunyakuru Eleni Giokos, ubwo yari i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yageze tariki ya 11/02/2024.

Umunyamakuru yabajije Paul Kagame niba afite icyizere cyo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba muri uy’u mwaka mu Rwanda, undi nawe amusubiza ko ‘ibizava muri ayo matora aribyo bizaca impaka.’

Yagize ati: “Amatora abereyeho abaturage ngo bahitemo aba bikwiriye bujuje ibisabwa, tuzareba ibikorwa ni byo bizivugira.”

Biteganijwe ko amatora mu Rwanda azaba tariki ya 15/07/2024, ndetse bakazatora n’abadepite.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame ni umwe mubakandida bazahatana muri ayo matora, ndetse akaba ari nawe uri guhabwa amahirwe menshi yo kuzegukana intsinzi, nk’uko bigaragazwa ku mbuga nkoranya mbaga ninshi z’Abanyarwanda.

Perezida Paul Kagame ya yoboye u Rwanda kuva mu mwaka w’ 2000.

Bruce Bahanda.

Tags: Paul KagameYahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ibihuha bya vuzwe ku rupfu rwa Chef Mburu, waguye mu Bibogobogo, nta gaciro byahawe.

Ibihuha bya vuzwe ku rupfu rwa Chef Mburu, waguye mu Bibogobogo, nta gaciro byahawe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?