Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Joe Biden, wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinjwa kuba akoresha ibinini biri mu bwoko bw’ibiyobyabwenge.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni byatangajwe n’umuganga w’indwara zo mu mutwe, Carol Lieberman, wo mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Uy’u muganga usanzwe avura abarwanyi bo mu mutwe, yatangaje ibi ubwo yari mu kiganiro n’ikinyamakuru cya “Washington Times,” ku Cyumweru, tariki ya 10/04/2024. Yabwiye iki gitangaza makuru ko “Joe Biden akunze kuvuga buhoro kandi rimwe narimwe akavuga ari gusitara.”

Uyu muganga yavuze ko Biden akoresha ibinini byitwa “Amphetamine.” Bikaba bizwi nk’i kiyobya bwenge.

Gusa, Carol Lieberman, yavuze ko ubwo perezida Joe Biden aheruka kugeza ijambo ku nteko nshinga mategeko y’iki gihugu, ndetse no ku Banyamerika, ko “icyo gihe yavugiye hejuru kandi agaragaza uburakari bwinshi,” bityo ngo bikaba biri mu bimenyetso biranga abantu bamwa ibinini bya ‘amphetamine.’

Uyu muganga yakomeje kubwira kiriya gitangaza makuru ko “ririya jambo, Biden, aheruka kugeza ku nteko ishinga mategeko y’Amerika, atariryo ryo nyine rigaragaza ko amwa ibiyobyabwenge, ahubwo ko bigaragarira no mu myitwarire ye.”

Yavuze kandi ko Joe Biden akunda kwerekana ibindi bimenyetso, ngo mu gihe ari kuvuga, azunguza amaboko vuba, ngo ikindi gihe yayashiraga kuri podium, mu gihe aba ari gusoma inyandiko.

Uyu muganga yasoje avuga ko “guhungabana kumaranga mutima ko ari ikimenyetso cyo guta umutwe, kandi ibyo yabitewe no kuba amwa ikiyobyabwenge cya amphetamine.

Ibi yabivuze mu gihe Joe Biden ari mu bakandida bari guhatanira kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu matero agiye kuba muri icyo gihugu.

Kurundi ruhande, bivugwa ko Donald Trump ariwe uri gahabwa amahirwe menshi.

        MCN.
Tags: AmerikaBiden JoeIbiyobyabwenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Agatho Rwasa, uzwiho n’Abanyamulenge kubicira ababo mu Gatumba, mu gihugu cy’u Burundi, yaraye anyazwe i shyaka rya mwitirirwaga.

Agatho Rwasa, uzwiho n'Abanyamulenge kubicira ababo mu Gatumba, mu gihugu cy'u Burundi, yaraye anyazwe i shyaka rya mwitirirwaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?