Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, y’i basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka kwerura atangaza ko Congo igira igisirikare cya waringa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, y’i basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, uheruka kwerura atangaza ko Congo igira igisirikare cya waringa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, bwi basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, watangaje ko leta ya Kinshasa itagira igisirikare.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni leta ya Kinshasa yi basiriye Karidinali Frodolin Ambongo, binyuze kuri minisitiri w’i tangaza makuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya watangaje ko Karidinali Ambongo akwiye kongera gu sobanura ibyo aheruka gutangaza ku munsi wa Pasika.

Ahagana ku itariki ya 31/03/2024, ubwo wari umunsi wa Pasika, umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Frodolin Ambongo, yavuze ko igihugu cya RDC ki tagira ingabo zirengera abenegihugu ariko ko umunsi umwe Imana izabaha umuntu uzakiza igihugu.

Yagize ati: “Igihugu cyacu nta ngabo gifite, tumeze nk’inzovu ifite ibirenge by’ibumba. Igihugu cya ratereranywe nti gishobora kugira inzozi usibye icyo gikeneye ako kanya. Ariko igihe kizaza hazaboneka umuntu uzakura RDC mu kaga igizemo igihe kirekire.”

Ku bwa Patrick Muyaya yavuze ko leta idashobora gushigikira ibyo Karidinali Frodolin Ambongo avuga, ngo k’uko bisa nko gutera inkunga abafata intwaro bakica abenegihugu.

Ati: “Ibyavuzwe n’umukuru w’idini katolika ku munsi wa Pasika birakomeye cyane kubera ko ari umukuru w’idini. Ariko impamvu uko zaba ziri kose nti dushobora gushigikira abantu bafata intwaro zo kwica barumana babo, bashiki bacu, ba se, ba nyina ndetse n’abana bacu, ngo bakunde nabo bagere ku butegetsi.”

Yakomeje agira ati: “Turahamagarira Karidinali Frodolin Ambongo gusobanura ibyo aheruka gutangaza. Abafata intwaro bakica Abanyekongo mu rwego rwo guharanira gufata ubutegetsi, ntabwo tuzabaha umwanya. Turi munzira ya demokarasi.”

        MCN.
Tags: Karidinali Frodolin AmbongoKinshasaYa mwibasiriye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Karidinali Frodolin Ambongo, yongeye ku mvikana anenga ubutegetsi bwa Kinshasa.

Umukuru w'idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Karidinali Frodolin Ambongo, yongeye ku mvikana anenga ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?