Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwaburiye leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza kuyishotara.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni byatangajwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi, aho yahise asaba mugenzi we Antony Blinken w’Amerika kudakomeza gushotora igihugu cye.

Yavuze ko igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gifite amahitamo yo gukorana n’u Bushinwa mu kubaka ejo hazaza ku bihugu byombi, bitaba ibyo ubwo Amerika ikaba yiteguye kuyoyoka.

Blinken Antony umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe ku migenderanire n’amahanga, yari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu gihugu cy’u Bushinwa, muri urwo ruzinduko yabashye ku bonana n’abayobozi batandukanye bo muri iki gihugu, barimo na perezida Xi Jinping. Uru ruzinduko rubaye uruzinduko rwa Kabiri uyu muyobozi agiriye mu Bushinwa, mu gihe cya mezi 12.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, yabwiye mugenzi we ko ibihugu byombi bifite inyungu mu kubaka ubufatanye mu nzego zose, kuva ku bucuruzi n’igisirikare, kugera ku ikorana buhanga n’ubuvuzi.

Yanamwijeje ko u Bushinwa bufite ubushake bwo gukorana na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko yongeraho ko mu gihe Amerika yakomeje kwinangira, ubwo izaba ihisemo inzira izayisubiza inyuma mu nzego zose.

Yanashinje ubutegetsi bwa Amerika kugira umugambi wo guca intege u Bushinwa, nyuma y’ibirego byinshi iki gihugu cyashinje u Bushinwa, birimo kugerageza kwivanga mu matora y’Amerika, kwiba ikorana buhanga ry’icyo gihugu, gufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri Ukraine n’ibindi.

Ibi byose byatumye Amerika ifata ingamba zirimo kubuza ibigo byayo by’ubucuruzi kohereza ibicuruzwa bifite ikorana buhanga rihambaye mu Bushinwa no kubuza abashoramari bayo kwirinda gushora imari mu nzego zimwe na zimwe zifatiye runini ubukungu bw’u Bushinwa.

Wang avuga ko ibi bigamije kugabanya ubushobozi bw’u Bushinwa, uretse ko ngo ibi bidashoboka.

Blinken kandi yahuye na perezida Xi Jinping wamwijeje ko u Bushinwa budafite umugambi wo kwivanga mu matora y’Amerika, anashimangira ko u Bushinwa bwakwishimira kubona Amerika ikize, ariko yifuza ko byagenda gutyo kuri Amerika, nayo ikishimira kubona u Bushinwa buteye imbere.

                 MCN.
Tags: Bwa buriye Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaKudakomeza ku gishotoraU Bushinwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe “safisha mujyi wa Goma.”

Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n'abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe "safisha mujyi wa Goma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?