Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 9, 2024
in Regional Politics
0
Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’ishirahamwe rya OLUCOME rishinzwe kurwanya ruswa no gusesagura umutungo wa leta bwatangaje ko u Burundi buri mu bihe bitoroshye kubera ubukene.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni byatangajwe na Gabriel Rufyiri ukuriye OLUCOME aho ku munsi w’ejo hashize yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru batandukanye bo muri iki gihugu cy’u Burundi. Iki kiganiro kikaba cyarabereye i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu.

Iki kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Igihugu cy’u Burundi mu bihe bibi bitacyoroheye by’u bukene.”

Muri iki kiganiro Gabriel Rufyiri yatangaje ko igihugu cyabo cy’u Burundi kiri mwihungabana rikomeye ku bijanye n’ubukungu.

Yagize ati: “Icya mbere murabizi neza ko ishirahamwe OLUCOME rihora rihamagarira abanyamakuru n’Abarundi kuganirira hamwe maze habeho kumenya aho igihugu cy’u Burundi gihagaze, kubera ibihe bibi iki gihugu cyinjiyemo, hari n’igihe tubatumaho kugira tugire ibyo tubabwira; ubu ho twabatumyeho kugira ngo tubabwire ibibazo igihugu cyacu kirimo. Ibyo na kwita ‘crise economique’ (ihungabana ridasanzwe ry’ubukungu).”

Yakomeje agira ati: “Murabizi ko ubu Umurundi kugira ngo afungure n’ikibazo, kuko kubona akazi muri iki gihugu biragoye. Rero ibi birikuzanira abenegihugu ingaruka mbi ku gutegura ejo hazaza.

Ibi byose biva kukuba igihugu cy’u Burundi cyarakenye amafaranga y’agaciro ava mu mahanga.”

Uyu muyobozi wishirahamwe rya OLUCOME yanaboneyeho kuvuga ko arimo gusabisha perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye kugira ngo baganire amubwire icyo korwa muri iki gihugu maze kikava mu bibazo bikiremerereye.

Rufyiri yatangaje ko kandi kuva mu mwaka w’ 2022, atahwemye kwandikira umukuru w’igihugu cy’u Burundi n’izindi nzego z’ubutegetsi bwo hejuru, ko iki gihugu gikomeje gusubira inyuma bivuye kw’i kena ry’amafaranga y’agaciro.

Hano asobanura ko u Burundi bukenye lisansi (igitoro), ibura ry’isukari, imodoka zitwara abantu ndetse n’ibinyobwa ngo muri iyi minsi byabaye ingora bahizi.

Umuyobozi wa OLUCOME asoza avuga ko leta y’u Burundi itagize icyo ikora mu maguru mashya, iki gihugu gishobora kuja habi gusumba ibyo abantu batekereza.

           MCN.
Tags: Gishobora kuja habi gusumbaIgihugu cy'u BurundiKuburirwaOLUCOMERufyiri Gabriel
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru mashya avugwa muri Kivu y’Amajy’epfo n’uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Amakuru mashya avugwa muri Kivu y'Amajy'epfo n'uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?