Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amakosa icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2024
in Uncategorized
0
Amakosa icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibintu icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni amakosa abantu bakora batabizi bakaba bakwangiriza ubwonko bwabo. Nubwo bamwe baba babizi abandi bakaba batabizi; icyo dusabwa ni ukwirinda ayo makosa kuko ari yo atera indwara zitandukanye nko gusaza vuba, gususumira, umunaniro ukabije n’ibindi.

Dore amakosa agera ku icumi abantu bakora akaza kubagiraho izi ngaruka tuvuze haruguru, nk’uko tubikesha urubuga rwa Saint Plus Mag:

  1. Kwitaba telephone umwanya munini: mukurinda ubwonko ku buryo bw’ibikorwa bigaragara(protection physique) bisaba ko twirinda za telephone, kwirinda ikintu cyose cyakubita ku bwonko (nk’urushyi, ingumi, gukubita umutwe ku nzu,…..) ibyo bijyana no kwirinda ku mara umwanya munini impande y’insinga z’amashanyarazi n’ibindi bikoresho byose bikoreshwa n’ingufu z’amashanyarazi.
  2. Kwirinda ibintu byo mu butabire (protection chimique). Twavuga nko kwirinda inzoga, itabi, ibiyobyabwenge, ikawa n’ibindi bintu birimo caffeine, kurya imyumbati irura itatunganijwe neza, ibishekebyazanye uruhumbu, burya uruhumbu rugenda mu gisheke cyose, icyo kigira ingaruka mbi ku bwonko.

3.kwirinda kurumwa n’udukoko cyangwa inyamanswa (protection microbiologique) : Buriya iyo umubu ukurumye niyo utakwanduza malaliya hari byo wangiriza ku bwonko bwawe. Hari n’ababa bafite ibisebe bakareka imbwa cyangwa indi nyamanswa muzitungwa imuhira ikamurigata kuri bya bisebe; birya byangiriza ubwonko ku buryo butangaje.

  1. Kutita ku mirire: Ugomba kurya nturenze urugero, kuko iyo urengeje binaniza ubwonko. Tugomba kurya indyo yuzuye, kandi tukarya ibiribwa bifite akamaro, bikize kuri vitamine C, ibikize kuri vitamine C, n’ibikize kuri vitamine A. Kurya amavuta meza. Tugomba kandi kurya ibiribwa byiganjemo iode nk’amafi, tukanywa amazi kandi tukirinda inyama zitukura.

5.Kutigirira icyizere n’ibyiringiro: ubwonko bwacu bukeneye kugaburirwa icyizere n’ibyiringiro kurusha uko tubugaburira oxygene na glucose. Mu bushakashatsi bwa korewe muri Kaminuza ya Texas basanze ubwonko bw’abantu butagira icyizere n’ibyiringiro buba bwarangiritse cyane.

  1. Kutita ku bandi no kutitabwaho: Abantu benshi bakunda kwitabwaho(affection) ariko ntibakunde kwita kubandi nyamara byose byunganira ubwonko kuko burya uzarebe iyo ufashije umuntu akagera ku rwego runaka wumva nawe unezerewe.
  2. Kwirinda ahantu hari urusaku rwinshi hari n’urumuri rwinshi: urumuri rwinshi n’urusaku rwinshi nabyo byangiriza ubwonko, ku buryo bibaye byiza umuntu wese yajya gerageza kubyirinda.
  3. Kwiha intego zidashoboka: kwiha intego zidashoboka byangiriza ubwonko, gusa kwiha intego biba byiza, ariko mu gihe zigeze ku musaruro mwiza. Ariko igihe wihaye intego zidashoboka ntizigere ku musaruro mwiza byangiriza ubwonko ku rwego rurengeje uregero.
  4. Kutaruhuka ku buryo buhagije: Abantu bakora amanywa n’ijoro nta kuruhuka byangiriza ubwonko. Burya umuntu mukuru wese akwiye kuruhuka amasaha 8 ku munsi murwego rwo gufata neza ubwonko.
  5. Kudakoresha ubwonko: Iyo udakoresha ubwonko uzasanga bwarasinziriye butakibasha gukora. Urugero nk’ubu uzasanga nta bantu bakibara bakoresheje umutwe, bikabasa kuba bafite mashini kubera ko bigize abanebwe.

Ubwonko budufitiye akamaro ariyo mpamvu tugomba kuburinda ariko ahanini usanga ibyo dukora biba ari ukubwangiza tukiyibagiza umumaro budufitiye harimo nuko turamutse tutabufite, icyo gihe nti twabaho, mu gihe uramutse udafite ibindi bice by’umubiri wabaho, nk’amaguru n’ibindi.

              MCN.
Tags: Amakosa icumiDukoraTukangirizaUbwonko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, indege y’uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

Muri Leta zunze ubumwe z'Amerika, indege y'uwahoze ari Perezida agenderamo yakoze impanuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?