Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 18, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nibyo perezida William Ruto yavugiye mu nama y’ihuriro Afrika CEO Foum, ya bereye i Kigali mu Rwanda ku wa Gatanu, tariki ya 17/05/2024, avuga ko ibihugu nka Sudani, Somalia na Repubulika ya demokarasi ya Congo by’ugarijwe n’umutekano muke, ariko ko bidahangayikishije Amerika n’u Burayi.

Yagize ati: “Twabonye Amerika, tubona u Burayi bishora za miliyari muri Gaza, miliyari muri Ukraine. Wigeze ubona izo miliyari muri Afrika? Dufite ibibazo mu Burasirazuba bwa RDC, muri Somalia na Sudani.”

Yakomeje agira ati: “Twizeye ko ubufatanye bunoze bukwiye kubakwa hagati ya Africa n’Amerika, n’u Burayi, ikibazo cy’u mutekano kikajya cyitabwaho ahantu hose; haba ari muri Afrika, haba Gaza cyangwa Ukraine, ni abantu kandi nta muntu mwiza kurusha undi twese turi abantu.”

Uyu mukuru w’igihugu yagaragaje ko ibihugu by’Afrika nka Kenya n’u Rwanda bihaguruka, bikajya gufasha ibindi byugarijwe n’umutekano muke. Yasabye ko Amerika n’iyi miryango byajya bireberaho, bigatanga umusanzu wabyo bitavanguye.

Mu gihe ateganya kugirira uruzinduko muri Amerika tariki ya 23/05/2024, Ruto yateguje ko iki kibazo kiri mu byo azaganira na Joe Biden n’abagize inteko ishinga amategeko y’Amerika.

            MCN.
Tags: AmerikaArashinja amahangaKigaliKudaha agaciro AbanyafrikaPerezida William Ruto
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inka z’Abanyamulenge zaburiwe irengero mu misozi miremire y’Imulenge, ikirari cyazo kiburira neza mu gace ka genzurwa na Gumino.

Inka z'Abanyamulenge zaburiwe irengero mu misozi miremire y'Imulenge, ikirari cyazo kiburira neza mu gace ka genzurwa na Gumino.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?