Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hagaragajwe uburyo butatu bwafasha abantu kumenya uko ubuzima bwabo buhagaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 8, 2024
in Uncategorized
0
Hagaragajwe uburyo butatu bwafasha abantu kumenya uko ubuzima bwabo buhagaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe uburyo butatu bwafasha abantu kumenya uko ubuzima bwabo buhagaze.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni uburyo butatu bwashinzwe hanze n’abashakashatsi, bufasha abantu kwisuzuma, batagendeye ku biro.

Imyitozo ngororamubiri, gutera k’umutima n’imbaraga umubiri ukoresha bishobora guhindura byinshi ku buzima bwawe kurusha uko byari bimeze mbere.

Gukora siporo ni kimwe mu bintu by’ingenzi ugomba kwitaho ndetse bigufasha kubungabunga ubuzima bwawe bwo mu mutwe n’ubw’umubiri. Nubwo abenshi bakoresha ibipimo byo gusuzuma uko bahagaze , urebye si byo byiza byo kwifashisha, cyane ko bitagagaragaza neza niba ubuzima bwawe buzira umuze.

Mu busanzwe, amagufwa y’umuntu agira ibiro byinshi biruta iby’inyama ze. Bivuze ngo niba ukora imyitozo ngororamubiri myinshi y’imbaraga, ibiro bizakomeza kwiyongera ko ubunini bw’u mubiri budahuye n’uko ubuzima bw’umuntu bihagaze.

Uwitwa Lee Stoner, Umwalimu w’ungirije mu bijyanye n’imyitozo ngororamubiri muri Kaminuza ya North Carolina iri muri Chapel Hill yagize ati: “Ubuzima bwiza ni bwo bw’ingenzi kuruta kubyibuha ku buzima bw’umutima wawe n’imikorere y’umubiri wawe, bikaba byagufasha kugabanya ibyago byawe byo kumenya ibyago byawe byo kurwara no gupfa.”

Ubu ni uburyo wakwifashisha mu gusuzuma umubiri wawe.

Hari uburyo bwizewe bwo gupima ugutera k’umutima, aho wambara isaha igezweho ikakwereka uko igipimo gihagaze mu gihe cy’amasegendo 15. Bigufasha kumenya uko ubuzima bw’umutima wawe buhagaze mu munota umwe, kuko iyo ukora neza, mu masegendo 60 utera inshuro ziri hagati ya 60 na 80.

Abashakashatsi bagaragaza ko iyo umuntu amenyereye imyitozo ngororamubiri nko kwiruka, mu gihe aruhuka, umutima we ushobora gutera inshuro ziri munsi ya 60 mu munota. Bagira inama abafite imitima itera izirenga 80 mu munota ko batangira kwitoza iyi myitozo.

Christophe Lundstrom, Umwalimu mu bijyanye na siporo n’imyitozo ngoraramubiri muri Kaminuza ya Minnesota yavuze ko uko umubiri urushaho gukomera, nugutera k’umutima wawe ari ko ugenda ugabanuka bijyanye n’urugero rw’imyitozo ngororamubiri ukora.

Dr Lundstrom yavuze ku bundi buryo bwitwa RPE(Rated Perceived Exertion) umuntu yifashisha kugira ngo amenye imbaraga agomba gukoresha mu gihe ari mukazi.

Bukoreshwa mu gihe cy’imyitozo ngoraramubiri, hifashishijwe kubara kuva kuri 0 kugeza ku 10(nk’urugero mu gihe usimbuka cyangwa utera pompage). Yagaragaje ko ari uburyo bwiza bwo gukurikirana imikorere y’umubiri umunsi ku wundi.

Jamie Carbaugh ni umutoza w’imyitozo ngororamubiri akenshi ukorana n’abantu bakuze cyane. Yavuze ko ari byiza ko wajya wimenyereza gukora siporo kugira ngo umenyereze umubiri wawe gukora neza no gukomera.

        MCN.
Tags: GukoraGupimaSiporo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyateye imirwano ikaze ihanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï, mu misozi ya teritware ya Fizi.

Hamenyekanye icyateye imirwano ikaze ihanganishije imitwe ibiri ya Maï Maï, mu misozi ya teritware ya Fizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?