Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 16, 2024
in Uncategorized
0
Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yatunguye Abarundi ubwo yababwiraga ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisrayeli igihe cya Mose.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni mu kiganiro perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiranye n’abaturage b’u Burundi baturiye Komine Muramba ho mu Ntara ya Bururi, aho yavuze ko igihugu cyabo kimeze nka kimwe Imana yasezeranije Abasirayeli bari mu buretwa mu gihugu cya Igiputa, nk’uko biri mu ijambo ry’Imana muri Bibiriya (Yesaya 1:7-11).

Uyu mukuru w’igihugu yagaragaje ko u Burundi ari igihugu abagituyemo barya uko bashaka, nta muntu ubagerera. Yasobanuye ko aho yanyuze hose, yasanze imyaka yeze, imwe muri yo abahinzi barabuze uko bayikura mu mirima kubera ko yabaye myinshi.

Yagize ati: “Muri iyi mpeshyi mwabibonye. Musigaye mubazanya muti none ibi byose bivuye hehe? Aho nyuze hose, nsanga ibishyimbo byabananiye gusoroma. N’ubu nabiciyeho, byamunaniye gusoroma. Byose biva mu maboko yacu no mu bwenge bwacu. Mu Burundi nta kintu ushobora gukora ngo kireke gukunda.

Perezida Ndayishimiye yatangaje ko kugira ngo Abasirayeli bagere i Kanini, byagoranye kandi ngo barambiwe ubwo bari bageze aho babona iki gihugu bari hakurya yacyo, bagafata Mose wari ubayoboye nk’umwanzi.

Yabivuze muri aya magambo “Bagize ingorane ntoya, Mose yahitaga aba umwanzi. Babuze ibyo kurya , Mose aba umwanzi kandi Mose ntahinga, aho bakwizeye Imana, biranga. Bageze ku ndunduro, hasigaye iminsi 40, bose barigaragambye. Aha mu Burundi ntihabuze abavuga ngo “wowe Neva uri mubi, tureke twisubirire mu 2002. Aha habuze abavuga ngo dusubire mu 1998?”

Ndayishimiye yagereranije Abasirayeli barambiwe urugendo rujya i Kanini n’abatemera icyerekezo cy’u Burundi cya 2040; aho ateganya ko buzaba buri mu bihugu byifashije.

Nubwo perezida w’u Burundi abivuga gutyo, ariko iki gihugu kiri mu bihe bigoye byo kubura lisansi, abaturage baricwa n’inzara ndetse n’ibindi bibazo bijanye na politiki, nk’uko bigaragara mu byegeranyo bya OLUCOME.

            MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeIsraelU Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Vital Khamere yagize icyavuga gito ku mishahara y’Abadepite bahembwa y’umurengera.

Vital Khamere yagize icyavuga gito ku mishahara y'Abadepite bahembwa y'umurengera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?