Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 17, 2024
in Uncategorized
0
Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impanuka idasanzwe yahitanye abantu benshi abandi barakomereka, muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni mpanuka yabaye ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 17/07/2024, ihitana batatu abandi babarirwa mu icumi, bakomereka, mu bice byo muri teritware ya Walungu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko imodoka yakoze impanuka yavaga i Luwindja yerekeza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ubwo yageraga ahitwa Nyanfunze ikora impanuka abagera kuri batatu bahise bahasiga ubuzima abandi benshi barakomereka.

Nk’uko ay’amakuru avuga n’uko iy’i modoka mu gukora iyi mpanuka, yabirandutse, ni mu gihe yarigeze ahantu hahanamye, kandi ko n’umuhanda wari mubi warimo ibinogo.

Agace neza yakoreyemo impanuka gaherereye muri Bakandja ho muri Nyanfunze, teritware ya Walungu.

Ay’amakuru anavuga ko iyi modoka yarimo abantu barenga 16 hatabariwemo abana.

Impanuka zikomeje kwiyongera muri ibi bice, ahanini nk’uko ubuyobozi bw’ibanze bubivuga, ziva kukuba imihanda yarangiritse kubera ibibazo by’i ntambara zayogoje aka karere, ndetse n’ubu zikaba zigihari.

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hari intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu gihe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ho, imitwe y’inyeshamba irimo Maï Maï ishora intambara ku bwoko bw’Abanyamulenge, buturiye imisozi miremire y’Imulenge.

        MCN.
Tags: 3 bapfuyeImpanukaNyanfunzeWalungu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Dr Frank Habineza, watsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda, yageneye ubutumwa Abanyarwanda.

Dr Frank Habineza, watsinzwe amatora y'umukuru w'igihugu mu Rwanda, yageneye ubutumwa Abanyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?