Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 22, 2024
in Regional Politics
0
U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni byatangajwe n’abategetsi b’u Burusiya, aho bavuga ko visi perezida wa Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika adakoresha amagambo meza ku byerekeye igihugu cyabo cy’u Burusiya.

Kamara Harris niwe ugiye guhagararira Abademocarates mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka.

Umuvugizi w’ibiro bya perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yagaragaje ko Kamala akoresha amagambo mabi kandi arimo urwango ku byerekeye igihugu cyabo.

Kamara Harris, cyo kimwe na perezida Joe Biden bashigikiye igihugu cya Ukraine bivuye inyuma, kuva u Burusiya butangije ibitero muri icyo gihugu mu kwezi kwa Kabiri, umwaka w’2022.

Mu ntangiriro z’uyu mwaka w’ 2024, Harris yavuze ku rupfu rwa Navalny, wari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burusiya wishwe arashwe, abivuga ho nk’i kimenyetso cyo kwica abaturage kinyamanswa bishwe n’ubutegetsi bwa Vladimir Putin. Harris yongeye avuga ko u Burusiya buri gukora ubwicanyi ndengakamere muri Ukraine.

Uyu muvugizi w’ibiro by’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko uretse Kamala Harris wavuze ku gihugu cye, ibiterekana inshusho nziza kuri iki gihugu cy’u Burusiya ko na Joe Biden ari kimwe na Kamala.

Ku Cyumweru perezida Joe Biden yashigikiye Harris Kamala ku musimbura kuri uyu mwanya wo kwiyamamaza mu matora ateganyijwe kuba muri iki gihugu, kuko Biden yari amaze kwivana muri iryo hatana.

             MCN.
Tags: Abategetsi b'u BurusiyaHarris KamalaNtibamwishimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Inka z’Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i wabo.

Inka z'Abanyamulenge zari zarahungishirijwe mu Gatumba zatahutse i wabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?