Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibimenyetso simusiga byaguhamiriza ko wanduye indwara ya Sida.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 28, 2024
in Uncategorized
0
Ibimenyetso simusiga byaguhamiriza ko wanduye indwara ya Sida.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibimenyetso simusiga byaguhamiriza ko wanduye indwara ya Sida.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Muri iki gihe abantu bagirwa inama yo kwirinda no guhora bisuzumisha . Ama leta nayo asaba abantu kwigengesera cyane mu buzima bwabo kugira ngo hato batazandura, niyo mpamvu twahisemo kugaruka ku bimenyetso bike simusiga byaguhamiriza uwanduye indwara ya Sida.

Ibyo dukesha ibinyamakuru bikomeye byigisha ubuzima.

Nk’i kinyamakuru cya Medical News To day kivuga ko “kumenya ko ushobora kuba waranduye Sida biba byiza kuko uhita utangira kumwa imiti ifasha kugabanya ubukana bwayo ndetse kandi ngo bikagufasha kumenya uko witwara mubuzima bwaburi munsi.”

Mu bimenyetso bya mbere kiriya kinyamakuru cyatanze harimo ko abayirwaye bagira ‘Ibicurane bidakira; bavuga ko kugira ibicurabe bidakira ari ikibazo. Muri iyi ngingo bavuzemo , kugira inkorara, umuriro mwinshi, kwitsamura cyane, kuribwa mu mitsi, kubabara umutwe cyane byose bizanwa n’iki kimenyetso cya mbere, ndetse ngo no kubabara igihe ugiye mu bwiherero ukituma nabi ndetse kandi no kugira iseseme cyane.”

Ikimenyetso cya kabiri nukugira amabara kuruhu rw’umubiri, iki kimenyetso ngo gishobora kuba ari na cyo kimenyetso cyibanze cy’uko wanduye Sida kuburyo bisaba kwihutira kujya kwa muganga.

Ikigira Gatatu ni ugutakaza ibiro, gutakaza ibiro mu buryo bwihuse cyangwa ukabona uri kujya utakaza ibiro mu buryo budasanzwe nabyo bifatwa nk’ikemenyetso gikaze. Indwara ya Sida igira ingaruka cyane mu igorora cyane bigatuma umubiri wawe ugorwa no kwakira vitamin ziba ziri mu mafunguro ubwo ugatangira gutakaza ibiro.

Kugira umunaniro, iki nikimenyetso kigira kane, bivugwa ko uyu munaniro uhoraho ari nabyo bituma habaho kwinjirirwa na virus zitandukanye. Bavuga ko umuntu wanduye Sida akunda kugira infection cyangwa uburwayi budasanzwe.

Ntabwo ibi bimenyetso bihagije ngo umuntu abe yaranduye gusa ni ibimenyetso by’ingenzi bifatwa bikigwaho mu gihe wayisanzemo bikagutera kujya kwa muganga mu maguru mashya.

                  MCN.
Tags: Byaguhamiriza ko wanduye SidaIbimenyetsoIndwaraSimusiga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ubwoko bw’Abahavu buri mu mubaro mwinshi wo kubura umwami wabwo.

Ubwoko bw'Abahavu buri mu mubaro mwinshi wo kubura umwami wabwo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?