Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2024
in Uncategorized
0
Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni amakuru akubiye mu itangazo riheruka gushirwa hanze n’ibiro by’umukuru w’igihugu cya RDC, avuga ko uyu mukuru w’igihugu yasubitse urugenzi yashaka kugirira i Tchopo(Kisangani) kumpamvu z’uburwayi, hubwo ko minisitiri w’intebe ariwe uzasoza urwo ruzinduko muri iyi ntara yahoze yitwa Kisangani.

Amakuru akavuga ko Tshisekedi arwaye indwara y’umutima ndetse ko agiye kuwubarwa, aho yajanwe kuvurirwa mu gihugu cy’u Bubiligi.

Gusa, andi makuru yo ku ruhande, yatanzwe n’abantu bahora hafi ya bwana Perezida Félix Tshisekedi, avuga ko uyu mugabo ko arwaye indwara ya Kanseri. Ariko ubwo kandi uyu mukuru w’igihugu aheruka kuja kwivuriza mu Bubiligi ahagana mu mpera z’u mwaka ushize byagiye bitangazwa ku mbuga nikoranya mbaga zitandukanye ko ahorana indwara y’umutima.

Hagati aho ashobora kuba arwaye umutima na kanseri, iperereza kuri ibyo byombi rikaba rigikomeje.

Ririya tangazo ryasohowe n’ibiro bye, ryo rivuga ko “kubera ko umukuru w’igihugu atameze neza, ntakigiriye uruzinduko mu Ntara ya Tchopo aho yarikuja gufatanya n’abanyagihugu kwibuka Abanyekongo bishwe muri ibyo bice no mu Burasirazuba bwiki gihugu.”

Iri tangazo rinavuga ko minisitiri w’intebe wa RDC, ko ariwe uzaserukira Tshisekedi muri uwo muhango wo kwibuka uzabera mu Ntara ya Tchopo.

              MCN.
Tags: ArembeyeMu BubiligiPerezida Felix Tshilombo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola.

Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?