Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2024
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 01/08/2024, hashinzwe ubuyobozi bushya n’amabwiriza agenga uwo muryango mashya, nk’uko tubisanga mu ibaruwa ndende uwo muryango washize hanze nyuma y’uko wari umaze gutora.

Nk’uko bigaragazwa n’iyi baruwa yashizwe hanze n’uy’umuryango mushya umaze igihe gito uvukiye i Mbarara ho muri Uganda, yerekana ko inama itegura gushyiraho ubuyobozi bw’uyu muryango wiyise “Shikama Mbarara Mutualite’ yabaye ku munsi w’ejo ahagana isaha ya saa kenda zuzuye.

Iy’i baruwa igaragaza ko ku murongo w’ibyigwa harimo ko bagomba gutanga amakuru y’imbitse avuga kubyatambutse ahanini ku byo kuvuka kw’iyi Mutualite nshya mu gihe i Mbarara hahoze Mutualite imwe ya Banyamulenge iyobowe na Frank Mine kugeza ubu akaba akiyoboye.

Ikindi cyari ku murongo w’ibyigwa, kwari ugutora ubuyobozi, maze byemezwa ko ubuyobozi bushirwaho, bahita bakora amatora ako kanya.

Iy’ibaruwa inagaragaza ko uwitwa Leopold Ruvugwa kwariwe wegukanye intsinzi ku bwiganze bw’amajwi 93,3%, aho yaje kungirizwa na bwana Shanga Aaron watowe ku majwi 86,4% ndetse kandi yungirizwa na Rurambya Fidel nawe wagize amajwi 86,4%.

Ni mugihe umwanditsi we, hatowe bwana Osee Mwungura aza kungirizwa na Ruberwa George naho bwana Sebineza Mwarabu ahabwa inshingano zokuba umubitsi mukuru aho azunganirwa na Justin Kigabo.

Imwe mu myanzuro yafatiwe muri iyo nama ni uko hagomba kuba umusanzu wo gufashya abaturage bari mu kaga k’intambara zidashira mu Burasirazuba bwa RDC.

Ikindi cyemejwe nukujya bibuka Abanyamulenge baguye mu Gatumba mu 2004, mu gihugu cy’u Burundi, ndetse no gukora ibisabwa byose kugira ngo uwo muhango uzukorwa mu buryo bwiza.

Ubwo rero, i Mbarara ahatuye Abanyamulenge benshi bahunze intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mu gihe bahoraga bakorera muri Mutualite imwe, ubu siko bikigiye bikorwa kuko ubu bafite Mutualite zibiri, hari iyahozeho ari yo yitwa “Mbarara Mutualite” naho inshyashya yo ikaba yitwa “Shikama Mbarara Mutualite.”

                  MCN.
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy’indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Mutualite iheruka kuvuka i Mbarara yiyonkoye kuy'indi, yashyizeho ubuyobozi bushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?