Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanye-Congo bagaragaje impamvu bashinja Leta yabo kwigana u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 22, 2024
in Uncategorized
0
Abanye-Congo bagaragaje impamvu bashinja Leta yabo kwigana u Rwanda.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanye-Congo bagaragaje impamvu bashinja Leta yabo kwigana u Rwanda.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abanye-Congo bakoresheje imbugankoranyambaga banenga Leta y’iki gihugu cyabo kwigana u Rwanda, nyuma yaho yinjiye mu masezerano y’ubufatanye n’ikipe ya AC Milan yo mu Butaliyani.

Ahagana ku wa gatanu tariki ya 20/09/2024 ni bwo Repubulika ya demokarasi ya Congo, yemeje amasezerano y’ubufatanye hagati yayo na AC Milan, mu rwego rwo kugira ngo bateze imbere ubukerarugendo bw’iki gihugu.

Ibi byatumye abaturage benshi ba RDC bakoresha imbugankoranyambaga banenga ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuba bwariganye u Rwanda, igihugu bamaze igihe badacana uwaka.
U Rwanda rusanzwe rufitanye amasezerano y’ubufatanye n’amakipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa na Bayen Münich yo mu Budage.

Aya masezerano urwego rw’igihugu rw’iterambere (RDB) rwayasinyanye n’aya makipe biciye muri gahunda ya ‘visit Rwanda.’
Leta y’u Rwanda ivuga ko Visit Rwanda yatumye ubukerarugendo bw’u Rwanda butera imbere ndetse intego ya RDB ni uko muri uyu mwaka w’ 2024 ruzinjiza miliyoni 800$ zivuye muri urwo rwego.

Kinshasa yiteze ko gukorana na AC Milan bizatuma babasha gutera ikirenge mu cy’u Rwanda. Rero, kimwe mu byo Abanyakongo banenze n’uko igihugu cyabo cyatekereje guteza ‘ibikorwa by’ubukerarugendo budahari.’ Bavuga ko iyi gahunda izakomwa mu nkokora n’ikibazo cy’umutekano muke ugize igihe warabuze muri iki gihugu kubera ibibazo by’intambara zidashyira.

Ikindi banenga ni uko Kinshasa yinjiye mu masezerano n’ikipe yo mu Butaliyani, kandi bazi neza ko hari Amabasaderi w’iki gihugu, Lucca Attanasio, yariciwe mu Burasirazuba bwa RDC mu 2021 n’abo bivugwa ko ari abarwanyi ba FDLR basanzwe bafitanye umubano mwiza na RDC. Bashyingira kuri ibi bakavuga ko ba mukerarugendo bo mu Butaliyani batazabyemera gukorera ingendo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kubera umutekano.

               MCN.
Tags: Abanye-CongoAc MilanKwigana u RwandaRdcYanenzwe
Share39Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Telesat closer to financing satellite network after Canada investment

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?