Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ijambo ry’Imana: Byinshi wa menya ku byo Kwicisha bugufi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 23, 2024
in Religion
0
Ijambo ry’Imana: Byinshi wa menya ku byo Kwicisha bugufi.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ijambo ry’Imana: Byinshi wa menya ku byo Kwicisha bugufi.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kuki gushyira mu bikorwa ibyo twiga mu ijambo ry’Imana bitugora? Imwe mu mpamvu ibitera ni uko gukora ibikwiye bisaba kwicisha bugufi, kandi gukomeza kwicisha bugufi bikaba bitoroha na gato!

Ahanini muri iyi minsi, dukikijwe n’abantu “bikunda, bakunda amafaranga, birarira, bishyira hejuru,” kandi batamenya kwifata (2 tim 3:1-3). Ingeso nk’izo rero, aba ari imbi . Gusa abazifite hari igihe usanga ari bo bagera kuri byinshi kandi ukabona bishimye, ibyo bikaba byatuma twumva tubagiriye ishyari(zb 37:1).

Hari n’igihe umuntu ashobora kwibaza ati: “Ese gushyira abandi mu mwanya wa mbere hari icyo bimaze ? Ese ninitwa muto, abantu ntibazansuzugura (Luc 9:48)? Iyo tutirinze ingeso y’ubwikunde iranga abantu bo muri iyi si, bishobora gutuma tudakomeza kubana neza n’abavandimwe bacu, kandi n’abandi ntibabone ko turi Abakristo bukuri.

Icya gufasha gukomeza kwicisha bugufi ni ukwigira ku bagaragu b’Imana bavugwa muri Bibiriya nka Dawidi, intumwa Paul Yosefu n’abandi.Dawidi azwiho kuba yarahanganye n’umugabo munini witwaga Goliyati (ibyo tubisanga mu Isezerano rya kera), ni umwe mu bantu b’Imana twakwigiraho guca bugufi imbere y’Imana.

Paul nawe yicishije bugufi kandi yari umugabo w’ubwenge abantu bose bemeraga.
Niba hari undi wese wibwira ko afite impamvu imutera kwiringira umubiri, njyewe namurusha. Dore nakebwe ku munsi wa munani, ndi uwo mu bwoko bwa Benyamini, ndi umuheburayo w’abaheburayo, ku byishaka narenganyaga itorero, ku byo gukiranuka kuzanwa n’amategeko nari inyangamugayo.

Ageze ku murongo wa 7(Abapfiripi 3:7) niho yagaragaje ukwicisha bugufi kwe aho yemeye kwigomwa byinshi ku bwa Kristo, hagira hati: “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo.” Kwicisha bugufi nubwo bigoye ariko ni byigiciro cyinshi .

          MCN.
Tags: Dawidi PaulIjambo ry'ImanaKwicisha bugufi
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru arambuye ku basirikare benshi bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.

Havuzwe amakuru arambuye ku basirikare benshi bapfiriye mu ishyamba rya Kibira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?