Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 26, 2024
in Uncategorized
1
Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Itombora rya Green Card ryongeye kugaruka, rihesha umuntu amahirwe yo gutura muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Binyuze mu itombora rya Green Card, Abanyamahanga ibihumbi 50 bahabwa uruhushya rwo gutura muri iki gihugu cy’igihangange cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika binyuze mu guhabwa Green Card.

Impamvu ituma benshi bifuza kuva muri Afrika yaba ariyihe? Iki ni ikibazo bamwe bibaza, ariko abagerageza ayo mahirwe bo bavuga ko cyoroshye ku gisubiza. Abenshi bavuga ko ari uguhunga ubushomeri n’izindi mpamvu zituma ubuzima bukomera muri EAC ndetse no muri Afrika yose muri rusange, bakajya kwiga no gukorera amadolari.

Rero, amahirwe yo kujya gutura muri Leta Zunze Ubumwe mu buryo bwa Green Card atangwa rimwe mu mwaka, aho abayakeneye bahabwa ukwezi kumwe kwo kwiyandikisha.

Byamaze ku menyekana ko kugerageza ayo mahirwe yo guhabwa Green Card muri uyu mwaka w’ 2024 bizatangira tariki ya 02/10/2024.

Hari abakekaga ko Dv Lottery ari uburyo bushya bw’ubucakara!

Hari abumvaga ko abahabwa Green Card bajyanwa gutuzwa muri Leta zidatuwe cyane, bakibaza ko ari nka bimwe byakorwaga kuva mu kinyejana cya 15 kugeza mu cya 18, aho Abanyafrika bacuruzwaga bakajyanwa ku migabane itandukanye kugira ngo bakoreshwe imirimo itandukanye mu mwanya w’amamashini cyane ko cyari igihe isi yari itaratera imbere mu byerekanye n’ikoranabuhanga.

Gusa siko bimeze nk’uko abagerageza ayo mahirwe yo kubona Green Card babihamya, bikanashimangirwa na bamwe mu bamaze kuzibona ndetse banatuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kuko agezeyo ahita atuzwa, akajya ku isoko ry’umurimo kimwe n’abandi Banyamerika basanzweyo.

Kumenya umubare w’abagerageza amahirwe yo kubona Green Card, biragoye ku bimenya ariko abazihawe batangazwa nyuma y’amezi arindwi uhereye igihe itariki ya nyuma yo kwakira amadosiye yahagereye.

              MCN.
Tags: Green CardYongeye yaje
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori ku bitaro bikuru bya Mikenke.

Bombori bombori ku bitaro bikuru bya Mikenke.

Comments 1

  1. Mfurakazi Josette says:
    8 months ago

    Let me try

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?