Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byinshi wa menya ku by’icyorezo cya Marburg cyamaze kugera mu gihugu kimwe cyo muri EAC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 27, 2024
in Uncategorized
0
Byinshi wa menya ku by’icyorezo cya Marburg cyamaze kugera mu gihugu kimwe cyo muri EAC.
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya ku by’icyorezo cya Marburg cyamaze kugera mu gihugu kimwe cyo muri EAC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Indwara ya Marburg, ni indwara yandukira iyo habaye uguhura kw’amatembabuzi y’abantu babiri cyangwa barenze babiri, mu gihe umwe muribo aba afite virus itera iy’indwara.

Nta muti cyangwa urukingo by’iyindwara biraboneka, icyakora iyo umuntu ageze kwa muganga atararemba, yitabwaho, akaba yabasha gukira.

Kugeza ubu kuyirinda hakoreshwa uburyo bumwe n’ubwifashishwa mu kwirinda Ebola.

Ni icyorezo bivugwa ko gifite inkomoko muri Afrika ngo kuko iyo virus yasanzwe bwa mbere mu nkenda yari yakuwe mu gihugu cya Uganda. Abantu benshi bakunze kuyirwara ni abakunze kumara igihe mu birombe no mu buvumo ahantu hashobora kuba indiri y’uducarama.

Marburg ni virus mbi kuko yica cyane ku kigero cyo hejuru. Nyuma y’iminsi iri hagati y’icyenda n’umunani uyirwaye aba atangiye gukenera kongererwa amaraso.

Abahanga bagaragaje ko ishobora gukwirakwizwa binyuze mu ducurama, inkende ndetse n’ingurube. Mu gihe umuntu yayanduye aba ashobora kuyanduza mugenzi we biciye mu matembabuzi, anyura mu mubiri, nk’ikari, amacandwe, amaraso, amavangingo, amasozi no kuryamana n’uwamaze kuyandura.

Ishirahamwe mpuzamahanga rishinzwe guteza imbere ibijyanye n’inkingo, GAVI, risaba ko abantu bakwirinda kurya cyangwa gukorakora inyama zo mu ishyamba kandi bakirinda gukorakora ingurube mu turere twadutsemo iyo ndwara nk’uko OMS ibivuga.

Abantu bigeze kwandura iyi virus, binyuze mu mibonanompuzabitsina baba bakwiye gukoresha agakingirizo mu gihe cy’umwaka wose, kuva batangiye kubona ibimenyetso kugeza intanga zabo zipimwe inshuro 2 bikagaragara ko nta virus zigifite.

Abashyingura umuntu wishwe n’iyi virus na bo basabwa kwirinda gukorakora umurambo.

Itangazo u Rwanda rwashyize hanze, rubinyujije muri M
minisiteri y’ubuzima rivuga ko iyi ndwara yabonetse muri iki gihugu cy’u Rwanda. Iryo tangazo rinavuga kandi ko abarwayi bayibonetseho bari kugira umuriro mwinshi. Bityo ko abantu bagomba kwirinda.

           MCN.
Tags: IcyorezoIndwaraMarburgOMSU RwandaVirus
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, umunyamakuru yishwe arashwe, menya uko byagenze.

I Goma, umunyamakuru yishwe arashwe, menya uko byagenze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?