Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23, abaturage benshi babisuyemo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 28, 2024
in Uncategorized
0
Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23, abaturage benshi babisuyemo.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23, abaturage benshi babisuyemo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abaturage ba Banye-kongo barenga 550.000 basubiye mu bice bigenzurwa n’ingabo z’u mutwe wa M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, yemeje aya makuru, aho yatangaje ko abaturage bari barahunze intambara, bamwe muri abo bahungutse. Avuga ko abasubiye mu matongo yabo ahagenzurwa n’umutwe wa M23, bagera ku 500.000.

Kanyuka yashimangiye ibi avuga ko abakoze icyo gikorwa cyo guhunguka ni abari barahungiye mu gihugu imbere n’abandi bari barahungiye Uganda.

Yagize ati: “Abantu barenga 500.000 bari barahungiye imbere mu gihugu bamaze kugaruka mu bice bakomokamo bigenzurwa n’umutwe wa M23.”

Yanasobanuye ko kuba abaturage bari kuva mu bice ingabo za Leta ya Kinshasa zigenzura biva kuba iz’i ngabo zigirira nabi abaturage, harimo ko zibica no kubanyaga utwabo. Bityo abaturage bakaba barimo kugana uduce tugenzurwa n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Kanyuka yanavuze kandi ko “kubari barahungiye muri Uganda, kuvaho uyu mutwe wa M23 umaze kubohoza umujyi wa Bunagana abaturage benshi bakomeje kugenda bawugarukamo, bitandukanye n’uduce ihuriro ry’Ingabo za RDC zigenzura.”

Nubwo biruko impande zihanganye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zikomeje kurebana ayingwe. Kimweho imirwano iheruka mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo.

        MCN.
Tags: AbaturageBahungutseBunaganaIbiceM23
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Gira ibyo umenya ku mirwano irimo urujijo hagati ya FARDC na FDLR.

Gira ibyo umenya ku mirwano irimo urujijo hagati ya FARDC na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?