Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Havuzwe impamvu ubwato bwarohamiye mu bice biri hafi n’umujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 3, 2024
in Uncategorized
1
Havuzwe impamvu ubwato bwarohamiye mu bice biri hafi n’umujyi wa Goma.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe impamvu ubwato bwarohamiye mu bice biri hafi n’umujyi wa Goma.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03/10/2024, ubwato bwari butwaye abantu 400 bwarohamye mu kiyaga cya Kivu, bivugwa ko bwarohamye kubera ko bwari bwaremerewe cyane.

Ubu bwato bwari buturutse mu bice byo muri Localité ya Minova ho muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo, bwarohamiye hafi n’icyambu cya Kitutu mu mujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mu kuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ishami rya Leta rishinzwe ibyerekeye ubwikorezi ryemeza ko ubu bwato bwari butwaye abagenzi bagera kuri 400. Bose nta n’umwe warokotse. Abakora ubutabazi batangaje ko bamaze kubona imibiri y’abantu 123.

Ubu bwato kandi bwari bwikoreye ibiribwa birimo n’ibitoki, ibirayi n’ibishimbo nk’uko byemezwa n’irishami rishinzwe ubutabazi.

Banavuze kandi ko iy’i mpanuka yabaye igihe c’isaha za saa tanu n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nyuma ibikorwa by’ubucuruzi bikorerwa kuri iki cyambu byahise bihagarara kuko abatabazi bari bakirimo gushakisha imibiri yabarohamiye muri ubu bwato.

Abaturage baturiye ibyo bice basabye ko umuhanda uva Goma ujya muri teritware ya Kalehe wafungurwa bityo abantu bagatangira kuwukoresha aho gukoresha amato mu ngendo zabo za buri munsi.

Umuhanda wari usanzwe uhuza intara zo mbi(Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo) ntugikoreshwa kubera ko ubu wafashwe n’abarwanyi b’umutwe wa M23 bikaba bigora abari basanzwe bawukoresha kuwunyuramo.

          MCN.
Tags: 143bapfuyeBwarohamiye hafi n'icyambu cya KitutuGomaUbwato
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Menya iby’ibiganiro bigiye guhuza perezida Paul Kagame na Tshisekedi mu Bufaransa.

Menya iby'ibiganiro bigiye guhuza perezida Paul Kagame na Tshisekedi mu Bufaransa.

Comments 1

  1. Fabrice says:
    8 months ago

    Iyinkuru yawe wapi kbs

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?