Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya iby’ibiganiro bigiye guhuza perezida Paul Kagame na Tshisekedi mu Bufaransa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 4, 2024
in Uncategorized
0
Menya iby’ibiganiro bigiye guhuza perezida Paul Kagame na Tshisekedi mu Bufaransa.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya iby’ibiganiro bigiye guhuza perezida Paul Kagame na Tshisekedi mu Bufaransa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa afite umushinga wo kumvikanisha u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo ku kibazo cy’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC cyane cyane mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP, aho byatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04/10/2024, Emmanuel Macron aza kwakira mu biro bye perezida Félix Tshisekedi wa RDC mu gihe ku wa Gatandatu tariki ya 05/10/2024, azakira umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame. Aba bombi bakaba bamaze kugera i Paris mu Bufaransa mu nama ya 19 y’abakuru b’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (Francophonie).

Nk’uko ibi biro ntara makuru by’Abafaransa, AFP, byabitangaje n’uko Emmanuel Macron aza gushishikariza aba bakuru b’ibihugu byombi kwihutira kugera ku masezerano y’amahoro nk’uko bitegekanyijwe mu mishyikirano y’i Luanda muri Angola.

Ahagana mu ntangiriro z’u kwezi kwa Karindwi gushyize uyu mwaka, impande zombi zumvikanye ko imirwano ihagarara. Ariko aya masezerano, kimwe n’andi menshi yayabanjirije, ntiyubahirijwe kubera ko RDC igikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Kimwe cyo RDC ivuga ko “mbere yabyose u Rwanda rugomba kubanza kuvana abasirikare barwo ku butaka bwayo nta yandi mananiza,” mu gihe iki gihugu cy’u Rwanda gitera utwatsi ibyo rushinjwa, rukavuga ko nta ngabo rufite muri RDC.

            MCN.
Tags: BarahuriraEmmanuel MacronMu BufaransaPaul KagameTshisekedi
Share36Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Abagaba b’ingabo za SADC bahuriye i Goma mu Burasirazuba bwa RDC.

Abagaba b'ingabo za SADC bahuriye i Goma mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?