Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen Muhoozi yahaye Amabasaderi w’Amerika igihe ntarengwa cyo kuba yasabye Museveni imbabazi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 4, 2024
in Uncategorized
0
Gen Muhoozi yahaye Amabasaderi w’Amerika igihe ntarengwa cyo kuba yasabye Museveni imbabazi.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen Muhoozi yahaye Amabasaderi w’Amerika igihe ntarengwa cyo kuba yasabye Museveni imbabazi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Kainarugaba Muhoozi, yahaye Amabasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri Uganda igihe ntarengwa cyo kuba yamaze gusaba imbabazi perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Ubu butumwa yabutanze akoresheje urubuga rwa x, yamenyesheje Amabasaderi William Popp ko nibigera ku wa mbere w’icyumweru gitaha atarasaba Museveni imbabazi, agomba guhita ava ku butaka bwa Uganda.

Ati: “Uyu Amabasaderi w’Amerika muri Uganda nibigera ku wa mbere saa 09:00 z’igitondo we ubwe atarasaba imbabazi Mzee kubera imyitwarire ye itari iya dipolomasi mu gihugu cyacu, tuzasaba ko ava muri Uganda. Nta kibazo dufitanye na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.”

Muhoozi yashimangiye ibi, avuga ko Amabasaderi Popp amaze igihe yibasira ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda rya NRM.

Mu butumwa bundi Gen Muhoozi yari yatanze naho akoresheje urubuga rwa x, yari yavuze ko Amabasaderi Popp agiye kumushozaho intambara amuziza ko yubahutse perezida Yoweli Kaguta Museveni ndetse kandi ngo atesha agaciro itegeko nshinga ry’iki gihugu cya Uganda.

Yavuze kandi ko Amabasaderi Popp, usibye kubahuka perezida Museveni yanubahutse Guverinoma ya Uganda ndetse n’abaturage b’iki gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe ambasade y’Amerika yari heruka gushinja abapolisi ba Uganda guhonyora uburenganzira bwa muntu, ndetse inatangaza ko bamwe muri abo bapolisi bakuru bafatiwe i bihano na Washington DC.

                MCN.
Tags: AmabasaderiGen MuhooziIgihe ntarengwaW'Amerika
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Undi wafatwaga nk’inkingi y’umutwe wa Hezbollah yishwe, ibirambuye kuri iyi nkuru.

Undi wafatwaga nk'inkingi y'umutwe wa Hezbollah yishwe, ibirambuye kuri iyi nkuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?