Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibyo kwirukanwa kwa visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua bigeze ku ntambwe ya nyuma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 17, 2024
in Uncategorized
0
Ibyo kwirukanwa kwa visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua bigeze ku ntambwe ya nyuma.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo kwirukanwa kwa visi perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua bigeze ku ntambwe ya nyuma.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu gihugu cya Kenya, Sena irimo iraburanisha ikirego cy’umutwe w’Abadepite cyo gukura ku butegetsi visi perezida wa Repubulika ya Kenya, Rigathi Gachagua. Urubanza rugitangira, Gachagua yavuze ko ari umwere ku byaha byose aregwa.

Mu byo abadepite bashinja Gachagua w’imyaka 59 y’amavuko harimo ruswa, kunyereza umutungo w’igihugu, kubiba amacakubiri n’urwango rushingiye ku moko, gukoresha umwanya we mu nyungu ze bwite, kubangamira imikorere ya Guverinoma, no gushyigikira imyigaragambyo yakozwe mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka. Iyi myigaragabyo ikaba yaraguyemo abantu 50, hangirika n’ibintu byinshi birimo ko yasize hatwitswe n’ingoro y’inteko ishinga mategeko.

Gachagua yabwiye Sena ko nta cyaha na kimwe yemera. Umutwe w’Abadepite ufite intumwa zikora akazi k’ubushinjacyaha. Sena irumva n’abatangabuhamya. We na ba avoka be bafite uburenganzira bwo guhata ibibazo abamushinja. Ni we kandi n’abavoka baza kugira icyo bavuga kuri uyu wa kane kuko Sena iraza gukora amatora kuri buri cyaha.

Kugira ngo Gachagua ahite ava ku butegetsi ako kanya, itegeko nshinga rivuga ko byibuze 2/3 byabagize Sena bagomba kumwemeza ibyaha. Ni ukuvuga byibuze amajwi 45 kuri 68 y’abasenateri. Ariko rero yavuze ko azitura ubucamanza ikibazo cye, Sena niramuka imwirukanye ku mwanya we.

Ariko kandi Gachagua akomeje gusaba abayoboke be kuguma mu mutuzo, nk’uko igitangaza makuru cya Reuters kibivuga.

             MCN.
Tags: GachaguaKenyaSenaVisi perezida
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa ukutavuga rumwe gukomeye hagati ya perezida Macron na Netanyahu wa Israel.

Haravugwa ukutavuga rumwe gukomeye hagati ya perezida Macron na Netanyahu wa Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?