• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kubaho ku mutwe wa Red-Tabara gusigariye mu biganza by’Imana nyuma yo gukubitwa ahababaza.

minebwenews by minebwenews
October 20, 2024
in Uncategorized
0
Kubaho ku mutwe wa Red-Tabara gusigariye mu biganza by’Imana nyuma yo gukubitwa ahababaza.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kubaho ku mutwe wa Red-Tabara gusigariye mu biganza by’Imana nyuma yo gukubitwa ahababaza.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Umutwe w’inyeshamba wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uheruka kwirukanwa mu Mibunda muri Kivu y’Amajy’epfo, aho wari warahungiye nyuma y’uko utangiye kugabwaho ibitero simusiga by’ihuriro ry’ingabo z’u Burundi, iza RDC hamwe n’umutwe wa Maï Maï Yakutumba.

Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka nibwo Maï Maï ku bufasha bw’Ingabo z’u Burundi zo mu itsinda rya TAFOC n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye kugaba ibitero bikomeye ku mutwe wa Red-Tabara aho wari waracumbikiwe n’Abapfulero mu bice bya Rugezi haherereye mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwa Komine Minembwe.

Icyo gihe aba barwanyi ba Red-Tabara bari bafite ibirindiro mu duce dutandukanye two muri ibi bice byo muri Secteur ya Lulenge, nka Rugezi, Kabandju na hitwa Babengwa ndetse na Matanganika. Ibi birindiro byose byaje gusenywa biranatwikwa, nyuma aba barwanyi baje gukomeza guhigwa bukware bakurikirwa iyo bari barahungiye munce za Rukombe mu mashyamba yaho ya Bukafu, Gisanga na Rebera, ariko naho ntibyaje kuborohera n’ubundi naho baje kuhavanwa ku mbaraga ry’isasu ari nabwo bahungiye mu mashyamba yo mu Mibunda ugana za Lungurungu.

Mu Cyumweru gishize ahagana mu ntangiriro zacyo, nibwo abasirikare b’u Burundi benshi n’ingabo za RDC bagabye ibitero bikaze ku misozi izi nyeshamba zari zarashyinzemo amakambi ku misozi yo muri Mibunda ho muri teritware ya Mwenga, maze birangira nayo asenywe burundu.

Gusa ibi bitero bikaze byaje bikurikira imirwano yagiye iba hato na hato hagati mu kwezi gushize uyu mwaka, hagati y’uwo mutwe wa Red-Tabara n’igisirikare cy’u Burundi ku bufatanye n’ingabo za RDC.

Kuri ubu amakuru Minembwe Capital News yamaze kwakira yizewe ikesha abaturiye ibyo bice, n’uko aba barwanyi ba Red-Tabara bakubiswe kubi kandi barababazwa bahita banahungira mu ishyamba rinini rya Lungurungu.

Aya makuru anavuga ko uruhande rukomeje guhiga byo kuri mbura Red-Tabara ruherereye mu mwinjiro w’ishyamba rya Lungurungu nk’ahitwa Kibitingingi n’ahandi, ariko ko ibitero byarwo bigikomeje gukurikirana aba barwanyi iyo bahungiye muri iryo shyamba.

Rero, ibice byose byo muri Mibunda, ibigana i Lungulungu kuri ubu byigaruriwe n’izi ngabo z’u Burundi. Ziri ahitwa mu Rubwebwe, Gipupu no muyandi marango yo muri ibyo bice.

Biravugwa ko ibi bishobora gushyira iherezo rya nyuma kuri uyu mutwe wa Red-Tabara nyuma y’uko wari umaze imyaka irenga irindwi uzengereje abaturiye akarere ko mu misozi miremire y’Imulenge.

              MCN.
Tags: Isigaririye hamanaLungurunguMibundaRed-Tabara
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa Hezbollah washinjwe gushaka guhitana minisitiri w’intebe wa Israel, Netanyahu.

Umutwe wa Hezbollah washinjwe gushaka guhitana minisitiri w'intebe wa Israel, Netanyahu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?